Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Besigye Yafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Besigye Yafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2024 2:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kizza Besigye uri mu batavuga rumwe na Leta ya Uganda tavuga yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya.

Umugore we Winnie Byanyima niwe wabitangaje akemeza ko yashimuswe kuwa Gatandatu avuye i Nairobi.

Kuri X, uyu mugore usanzwe uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Rishinzwe Kurwanya SIDA ( UNAIDS), yagize ati ” Ndasaba ubutegetsi bwa Uganda kurekura umugabo wanjye Dr. Kizza Besigye”.

Yavuze ko atumva uko Besigye afungirwa muri gereza ya gisirikare kandi atari umusirikare.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyakora yigeze kuba we kuko ari Colonel wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Ni na muganga wabigize umwuga.

Amakuru akavuga ko yaba yarakatiwe muri Kenya aho yari yagiye mu muhango wo kumurika igitabo, nyuma yoherezwa i Kampala.

Muri Uganda itangazamakuru ritangaza ko abarwanashyaka benshi b’ishyaka FDC rya Besigye bateraniye ku rukiko rwa gisirikare rwa Makindye i Kampala.

Kizza Besigye afite imyaka 68 y’amavuko.

- Advertisement -

Yiyamamarije kuba Perezida wa Uganda inshuro enye atsindwa.

Itabwa muri yombi rye ryongeye gutuma Kenya itarebwa neza n’abaharanira uburenganzira bwa muntu nyuma y’uko no muri Nyakanga, yari yafashe abantu 36 baturutse muri Uganda, ikabasubiza icyo gihugu ubu bakaba bari mu nkiko baregwa ibyaha bijyanye n’iterabwoba.

TAGGED:AmatoraBesigyefeaturedGufunga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Ruri Kuri 74%- Minisitiri W’Ubutegetsi Bw’Igihugu
Next Article Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?