Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Besigye Yafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Besigye Yafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2024 2:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kizza Besigye uri mu batavuga rumwe na Leta ya Uganda tavuga yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya.

Umugore we Winnie Byanyima niwe wabitangaje akemeza ko yashimuswe kuwa Gatandatu avuye i Nairobi.

Kuri X, uyu mugore usanzwe uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Rishinzwe Kurwanya SIDA ( UNAIDS), yagize ati ” Ndasaba ubutegetsi bwa Uganda kurekura umugabo wanjye Dr. Kizza Besigye”.

Yavuze ko atumva uko Besigye afungirwa muri gereza ya gisirikare kandi atari umusirikare.

Icyakora yigeze kuba we kuko ari Colonel wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Ni na muganga wabigize umwuga.

Amakuru akavuga ko yaba yarakatiwe muri Kenya aho yari yagiye mu muhango wo kumurika igitabo, nyuma yoherezwa i Kampala.

Muri Uganda itangazamakuru ritangaza ko abarwanashyaka benshi b’ishyaka FDC rya Besigye bateraniye ku rukiko rwa gisirikare rwa Makindye i Kampala.

Kizza Besigye afite imyaka 68 y’amavuko.

Yiyamamarije kuba Perezida wa Uganda inshuro enye atsindwa.

Itabwa muri yombi rye ryongeye gutuma Kenya itarebwa neza n’abaharanira uburenganzira bwa muntu nyuma y’uko no muri Nyakanga, yari yafashe abantu 36 baturutse muri Uganda, ikabasubiza icyo gihugu ubu bakaba bari mu nkiko baregwa ibyaha bijyanye n’iterabwoba.

TAGGED:AmatoraBesigyefeaturedGufunga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Ruri Kuri 74%- Minisitiri W’Ubutegetsi Bw’Igihugu
Next Article Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?