Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bill Clinton Ari Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bill Clinton Ari Mu Bitaro

admin
Last updated: 15 October 2021 7:28 am
admin
Share
SHARE

Bill Clinton wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu bitaro, kubera uburwayi bwo mu maraso buzwi nka ‘blood infection’.

Clinton w’imyaka 75, ku wa Kabiri nimugoroba nibwo yajyanywe mu bitaro mu mujyi wa Irvine mu Majyepfo ya California, nk’uko umuvugizi we Angel Urena yabitangaje binyuze kuri Twitter.

Yavuze ko ubwo burwayi ntaho buhuriye n’icyorezo cya COVID-19.

Yakomeje ati “Arimo koroherwa kandi arashimira cyane abaganga, abaforomo n’abandi bakozi bamwitayeho mu buryo by’intangarugero.”

Arwariye muri University of California Irvine Medical Center. Abaganga bemeje ko mu minsi mike ashobora gusezererwa mu bitaro kuko imiti arimo guhabwa irwanya udukoko mu mubiri (antibiotics) irimo kumufasha mu buryo bugaragara.

Clinton yabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wategetse hagati y’imyaka ya 1993 – 2001.

Ku myaka 46, Clinton yabaye perezida wa gatatu wa Amerika watowe akiri muto mu mateka y’icyo gihugu.

Mu 1998 ariko yaje kweguzwa n’Abadepite, bamushinja kubeshya ku mubano wihariye yari afitanye na Monica Lewinsky wakoraga muri White House.

Yaje kugirwa umwere na Sena muri Gashyantare 1999.

 

TAGGED:Bill ClintonCaliforniaCOVID-19featuredIrvine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Zo Mu Karere U Rwanda Ruherereyemo Zateranye, Ni Izihe Ngingo Bari Kwigaho?
Next Article U Burundi Bwakiriye Inkingo Za Mbere Za COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?