Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bill Clinton Ari Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bill Clinton Ari Mu Bitaro

Last updated: 15 October 2021 7:28 am
Share
SHARE

Bill Clinton wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu bitaro, kubera uburwayi bwo mu maraso buzwi nka ‘blood infection’.

Clinton w’imyaka 75, ku wa Kabiri nimugoroba nibwo yajyanywe mu bitaro mu mujyi wa Irvine mu Majyepfo ya California, nk’uko umuvugizi we Angel Urena yabitangaje binyuze kuri Twitter.

Yavuze ko ubwo burwayi ntaho buhuriye n’icyorezo cya COVID-19.

Yakomeje ati “Arimo koroherwa kandi arashimira cyane abaganga, abaforomo n’abandi bakozi bamwitayeho mu buryo by’intangarugero.”

Arwariye muri University of California Irvine Medical Center. Abaganga bemeje ko mu minsi mike ashobora gusezererwa mu bitaro kuko imiti arimo guhabwa irwanya udukoko mu mubiri (antibiotics) irimo kumufasha mu buryo bugaragara.

Clinton yabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wategetse hagati y’imyaka ya 1993 – 2001.

Ku myaka 46, Clinton yabaye perezida wa gatatu wa Amerika watowe akiri muto mu mateka y’icyo gihugu.

Mu 1998 ariko yaje kweguzwa n’Abadepite, bamushinja kubeshya ku mubano wihariye yari afitanye na Monica Lewinsky wakoraga muri White House.

Yaje kugirwa umwere na Sena muri Gashyantare 1999.

 

TAGGED:Bill ClintonCaliforniaCOVID-19featuredIrvine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Zo Mu Karere U Rwanda Ruherereyemo Zateranye, Ni Izihe Ngingo Bari Kwigaho?
Next Article U Burundi Bwakiriye Inkingo Za Mbere Za COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?