Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biranugwanugwa Ko Hamas Ishaka Imishyikirano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biranugwanugwa Ko Hamas Ishaka Imishyikirano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 November 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru avuga ko umuyobozi wa Hamas witwa Ismail Haniyeh ashaka ko haba ibiganiro na Israel ariko uruhande rwa Israel rwo ntacyo rurabivugaho.

Bimwe mu byamenyekanye biri mu biri kuganirwaho ni uko Hamas ishaka kurekura abo yafasheho iminyago ubwo yagabaga ibitero muri Israel mu byumweru bike bishize, ariko Israel nayo ikarekura Abanyapalestine yafashe.

N’ubwo ariko bivugwa, uruhande rwa Israel rwo ntacyo rurabitangazaho.

Hari n’amakuru dukesha BBC avuga ko na Perezida w’Amerika yemeranyije na Israel ku bikubiye muri ayo masezerano.

Ibi biganiro biri kugirwamo uruhare n’Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare ariko na Qatar nayo iri kubigiramo uruhare kubera ko umukuru wa Hamas atuye muri iki gihugu.

Ikindi ni uko imirwano igikomeje mu bice bitandukanye bya Gaza ndetse no mu bitaro byiswe Indonesian Hospital,

Kuva intambara ya Hamas na Israel yatangira mu byumweru birindwi bishize, abantu 13, 000 bamaze kuyigwamo abandi benshi barahunga.

TAGGED:featuredHamasUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr Mbonimana Wahoze Ari Depite Aburira Abasoma Manyinya
Next Article Telefoni 280,000 Za Airtel Zigiye Guhabwa Abatuye Uburengerazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Côte d’Ivoire: Miliyoni Umunani Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?