Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biranugwanugwa Ko Hamas Ishaka Imishyikirano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biranugwanugwa Ko Hamas Ishaka Imishyikirano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 November 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru avuga ko umuyobozi wa Hamas witwa Ismail Haniyeh ashaka ko haba ibiganiro na Israel ariko uruhande rwa Israel rwo ntacyo rurabivugaho.

Bimwe mu byamenyekanye biri mu biri kuganirwaho ni uko Hamas ishaka kurekura abo yafasheho iminyago ubwo yagabaga ibitero muri Israel mu byumweru bike bishize, ariko Israel nayo ikarekura Abanyapalestine yafashe.

N’ubwo ariko bivugwa, uruhande rwa Israel rwo ntacyo rurabitangazaho.

Hari n’amakuru dukesha BBC avuga ko na Perezida w’Amerika yemeranyije na Israel ku bikubiye muri ayo masezerano.

Ibi biganiro biri kugirwamo uruhare n’Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare ariko na Qatar nayo iri kubigiramo uruhare kubera ko umukuru wa Hamas atuye muri iki gihugu.

Ikindi ni uko imirwano igikomeje mu bice bitandukanye bya Gaza ndetse no mu bitaro byiswe Indonesian Hospital,

Kuva intambara ya Hamas na Israel yatangira mu byumweru birindwi bishize, abantu 13, 000 bamaze kuyigwamo abandi benshi barahunga.

TAGGED:featuredHamasUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr Mbonimana Wahoze Ari Depite Aburira Abasoma Manyinya
Next Article Telefoni 280,000 Za Airtel Zigiye Guhabwa Abatuye Uburengerazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

You Might Also Like

Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?