Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biranugwanugwa Ko Hamas Ishaka Imishyikirano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biranugwanugwa Ko Hamas Ishaka Imishyikirano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 November 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru avuga ko umuyobozi wa Hamas witwa Ismail Haniyeh ashaka ko haba ibiganiro na Israel ariko uruhande rwa Israel rwo ntacyo rurabivugaho.

Bimwe mu byamenyekanye biri mu biri kuganirwaho ni uko Hamas ishaka kurekura abo yafasheho iminyago ubwo yagabaga ibitero muri Israel mu byumweru bike bishize, ariko Israel nayo ikarekura Abanyapalestine yafashe.

N’ubwo ariko bivugwa, uruhande rwa Israel rwo ntacyo rurabitangazaho.

Hari n’amakuru dukesha BBC avuga ko na Perezida w’Amerika yemeranyije na Israel ku bikubiye muri ayo masezerano.

Ibi biganiro biri kugirwamo uruhare n’Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare ariko na Qatar nayo iri kubigiramo uruhare kubera ko umukuru wa Hamas atuye muri iki gihugu.

Ikindi ni uko imirwano igikomeje mu bice bitandukanye bya Gaza ndetse no mu bitaro byiswe Indonesian Hospital,

Kuva intambara ya Hamas na Israel yatangira mu byumweru birindwi bishize, abantu 13, 000 bamaze kuyigwamo abandi benshi barahunga.

TAGGED:featuredHamasUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr Mbonimana Wahoze Ari Depite Aburira Abasoma Manyinya
Next Article Telefoni 280,000 Za Airtel Zigiye Guhabwa Abatuye Uburengerazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

You Might Also Like

Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Aba Wazalendo Bongeye Kuba Benshi Muri Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

I Goma Hageze Imiti Y’Ibibembe N’Igituntu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?