Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: BK Iranyomoza Iby’Uko BNR Igiye Gukurikirana Umuyobozi Wayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

BK Iranyomoza Iby’Uko BNR Igiye Gukurikirana Umuyobozi Wayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 August 2024 12:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Banki ya Kigali yatangarije ku rukuta rwayo rwa X ko inyomoza ibiherutse gutangazwa by’uko Dr. Diane Karusisi uyobora iyi Banki ko agiye gukurikiranwa na  Banki nkuru kubera ibyo aherutse gutangariza mu itangazamakuru.

Iyi Banki itangaza ko ibiri muri iyo nkuru bidakwiye guhabwa agaciro kuko uretse kuba babeshyera yaba Diane Karusisi na Banki nkuru y’u Rwanda, banabeshyera ikinyamakuru The New Times.

Iyo nyandiko abo bantu bayishyize ku ipaji bigaragara ko ari iy’iki kinyamakuru gisanzwe cyandikwamu Cyongereza  kandi yo iri mu Gifaransa.

BK yanditse kuri X iti: “ Twaje kubona inyandiko irimo ibinyoma byibasira The New Times bigaruka ku bantu bakomeye mu Rwanda harimo n’abayobozi ba Banki ya Kigali. Turasaba abakiliya bacu n’Abanyarwanda muri rusange kudaha agaciro ibiyivugwamo. Turasaba kandi kujya bashishoza, bakamenya amakuru mu by’ukuri yaturutse ahantu hizewe”.

🚨 Important Notice from Bank of Kigali🚨

We have identified a fake article spreading false information using the brand of @NewTimesRwanda targeting prominent figures in Rwanda, including Bank of Kigali executives. We urge our clients and the general public to be vigilant and… pic.twitter.com/KTmTtHIZZE

— Bank of Kigali Official (@BankofKigali) August 21, 2024

TAGGED:BankifeaturedKarusisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Umusirikare Yarashe Afande Amasasu 17
Next Article Mu Mafoto: Uko Urubyiruko Rw’Indashyikirwa Rwiyeretse PM Ngirente Bya Gisirikare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?