Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: BK Iranyomoza Iby’Uko BNR Igiye Gukurikirana Umuyobozi Wayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

BK Iranyomoza Iby’Uko BNR Igiye Gukurikirana Umuyobozi Wayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 August 2024 12:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Banki ya Kigali yatangarije ku rukuta rwayo rwa X ko inyomoza ibiherutse gutangazwa by’uko Dr. Diane Karusisi uyobora iyi Banki ko agiye gukurikiranwa na  Banki nkuru kubera ibyo aherutse gutangariza mu itangazamakuru.

Iyi Banki itangaza ko ibiri muri iyo nkuru bidakwiye guhabwa agaciro kuko uretse kuba babeshyera yaba Diane Karusisi na Banki nkuru y’u Rwanda, banabeshyera ikinyamakuru The New Times.

Iyo nyandiko abo bantu bayishyize ku ipaji bigaragara ko ari iy’iki kinyamakuru gisanzwe cyandikwamu Cyongereza  kandi yo iri mu Gifaransa.

BK yanditse kuri X iti: “ Twaje kubona inyandiko irimo ibinyoma byibasira The New Times bigaruka ku bantu bakomeye mu Rwanda harimo n’abayobozi ba Banki ya Kigali. Turasaba abakiliya bacu n’Abanyarwanda muri rusange kudaha agaciro ibiyivugwamo. Turasaba kandi kujya bashishoza, bakamenya amakuru mu by’ukuri yaturutse ahantu hizewe”.

🚨 Important Notice from Bank of Kigali🚨

We have identified a fake article spreading false information using the brand of @NewTimesRwanda targeting prominent figures in Rwanda, including Bank of Kigali executives. We urge our clients and the general public to be vigilant and… pic.twitter.com/KTmTtHIZZE

— Bank of Kigali Official (@BankofKigali) August 21, 2024

TAGGED:BankifeaturedKarusisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Umusirikare Yarashe Afande Amasasu 17
Next Article Mu Mafoto: Uko Urubyiruko Rw’Indashyikirwa Rwiyeretse PM Ngirente Bya Gisirikare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?