Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Blinken Ku Rwibutso Rwa Jenoside Ku Gisozi Yanditse Ko Abe Nabo Bazize Iyakorewe Abayahudi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Blinken Ku Rwibutso Rwa Jenoside Ku Gisozi Yanditse Ko Abe Nabo Bazize Iyakorewe Abayahudi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2022 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku bantu basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi, Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga yavuze ko yababajwe n’ubwicanyi bwakorewe Abatutsi, avuga ko yumva agahinda abayirokotse bahuye nako kuko nawe ngo afite ababyeyi bazize iyakorewe Abayahudi mu gihe cy’Abanazi.

Ubutumwa bwe

Blinken ni Umuyahudi w’Umunyamerika ufite abasekuru b’Abayahudi babaga bakomoka muri Hongrie.

Nyina yitwa Judith  Frehm  na Donald M. Blinken.

Mu nyandiko yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Gisozi, Antony Blinken yanditse ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zizakomeza gukorana n’Abanyarwanda kugira ngo umuhati wabo wo kwiteza imbere uzakomeze utange umusaruro.

N’akaboko k’imoso, Antony Blinken yanditse ko ashima ko abarokotse Jenoside batigeze baheranwa n’ibyababayeho, bakaba bakomeje iterambere no kwigira.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, yaganiriye na Perezida Kagame n’abandi bayobozi bakuru mu nzego za Politiki n’umutekano baganira uko umubano w’ibihugu byombi warushaho gutezwa imbere.

Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi rushyinguyemo imibiri y’Abatutsi bahoze batuye mu Mujyi wa Kigali igera ku bantu 250,000.

Ni rwo rwibutso rusurwa n;abantu benshi mu Rwanda.

 

TAGGED:BlinkenfeaturedGisoziJenosideKacyiru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo Yasabye APR FC Kuyitiza Djabel na Fiston, Ngo Hari Icyo Ibashakira!!
Next Article Kikwete Yagize Icyo Avuga Ku Matora Aherutse Muri Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?