Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Blinken Yasezeranyije Tshisekedi Ubufasha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Blinken Yasezeranyije Tshisekedi Ubufasha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2022 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken avuga ko yaraye ahuye na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi n’itsinda yari ayoboye amusezeranya ko Amerika imushyigikiye m’uguhangana M23.

Ku rukuta rwe rwa Twitter, Blinken yashyizeho amafoto yafatiwe mu kiganiro yagiranye na Tshisekedi.

Yanditseho ati: “ Mu nama nagiranye na Perezida wa DRC, Tshisekedi, nashimingiye ubufasha Amerika igomba guha abaturage ba DRC bakomeje kwibasirwa n’urugomo rwa M23.”

During my meeting today with @Presidence_RDC Tshisekedi, I reinforced our support for the people of the DRC who are suffering from M23’s violence. The commitments made in Luanda to cease hostilities, condemn hate speech, and bring peace to eastern DRC must be honored. pic.twitter.com/ejQ73ole3r

— Secretary Antony Blinken (@SecBlinken) December 14, 2022

Antony Blinken yavuze ko Amerika ikomeje gukora k’uburyo ibikubiye mu masezerano y’i Luanda bijyanye no guhagarika imirwano hagati ya M23 n’ingabo za DRC bihagarara.

Yasabye kandi ko imvugo y’urwango ikoreshwa kuri bamwe mu baturage ba DRC( ntiyavuze abo ari bo) yahagarara, amahoro akagaruka.

Abaturage ba DRC bakoreshwaho imvugo y’urwango ni abo Abatutsi bavuga Ikinyarwanda.

Bamwe muri bagenzi babo bahungiye mu Rwanda bo baherutse gukora imyigaragambyo bamagana ubwicanyi n’urundi rugomo bagenzi babo baba muri DRC bakorerwa.

Bo ntibatinya no kuvuga ko ‘biganisha kuri Jenoside.’

M23 yari iherutse gutangaza ko izahagarika intambara ariko abayobozi bayo barimo na Major Willy Ngoma usanzwe ari umuvugizi wayo, bavuga ko bafite impungenge z’uko nibava mu bice bigaruriye, abarwanyi ba FDLR bazatangira kwica abaturage bo muri utwo duce.

TAGGED:AmerikaIntambaraJenosideM23NgomaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr. Kalibata Ashima Intambwe Y’Afurika Mu Kongerera Agaciro Ibikomoka Ku Buhinzi
Next Article U Rwanda Rwasinyanye Na NASA Amasezerano Y’Imikoranire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Gukosoza Amakosa Mu Irangamimerere Biracyari Ikibazo Ku Irangamuntu Koranabuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Mu Myaka Mike Ishize Urwango Ku Bayahudi Rwariyongereye- Amb Weiss 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?