Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: BRD Yijeje Inyunganizi Abo Ari Bose Bashora Mu Bukungu Butangiza Ibidukikije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

BRD Yijeje Inyunganizi Abo Ari Bose Bashora Mu Bukungu Butangiza Ibidukikije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2024 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kampeta Sayinzoga Pitchette uyobora Banki nyarwanda y’iterambere, BRD, avuga ko u Rwanda rwashyizeho ikigega cyo gutera inkunga imishinga y’iterambere rirengera ibidukikije kitwa Rwanda Green Fund kandi ngo gikorane n’abantu bose bifuza amafaranga yo gukora muri uru rwego.

Yabivugiye mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama mpuzamahanga ihuza ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda n’abo mu Bwongereza iri kubera i Kigali yiswe UK-Rwanda Business Forum.

Yagize ati: “ Twashyizeho ikigega cya mbere muri Afurika gikorana n’abikorera ku giti cyabo, aho bakura imari yabafasha gushora mu mishinga irengera ibidukikije cyane cyane ikorera mu mijyi.”

Avuga kandi ko baha amafaranga abantu bashaka gushora mu mishinga y’ubuhinzi bukoresha ikoranabuhanga, abakora imishinga ishamikiye ku ngufu zisubira, ishamikiye ku binyabiziga bikoresha amashanyarazi n’indi igira uruhare rugaragara mu guteza imbere ubukungu burengera ibidukikije.

Kampeta Pitchette Sayinzoga avuga ko u Rwanda rwishimira gukorana n’uwo ari we wese ushaka gushora mu  nkingi z’ubukungu zavuzwe haruguru.

Avuga ko ari ibintu u Rwanda rwiteguye gukorana n’Abanyarwanda cyangwa abandi bose bazarugana bashaka gukorera muri uwo mujyo.

Inama y’ishoramari hagati y’u Rwanda n’Ubwongereza iri ku munsi wayo wa kabiri, ikazarangira kuri uyu wa Gatatu taliki 31, Mutarama, 2024.

Iyi nama ihuje abantu bagera ku 1000 biganjemo Abanyarwanda n’Abongereza

Ikigega Rwanda Green Fund kiyoborwa n’Umunyarwandakazi Mugabo Mpinganzima Teddy.

TAGGED:BRDfeaturedIshoramariKampetaSayinzogaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Gukorana Na Libya
Next Article Abanyarwanda 41% Barwaye Inzoka Zo Mu Nda- RBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

You Might Also Like

Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?