Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bugesera: Ingimbi Iravugwaho Kwica Umusaza N’Umukecuru Bamureze Akiri Umwana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Bugesera: Ingimbi Iravugwaho Kwica Umusaza N’Umukecuru Bamureze Akiri Umwana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2024 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nkundimana Jerome w’imyaka 19 utuye Murenge wa Musenyi, mu Karere ka Bugesera aravugwaho akwica umukecuru n’umusaza bari baramureze akiri umwana.

Yabatemye abasanze mu rugo rwabo.

Uwo musaza yari yabanje gukomeretswa mu buryo bukomeye, ajyanwa mu bitaro bya Nyamata arahagwa.

Kuri uyu wa Kane taliki 16 Gicurasi 2024 nibwo uwo musore wo mu Mudugudu wa Gatare, mu Kagari ka Gicaca, mu Murenge wa Musenyi yakoze ibyo akwekwaho.

Bamwe mu baturage babwiye UMUSEKE ko Nyina w’uyu musore yapfuye, uyu mukecuru amurerana n’abandi bana nk’umwana w’umuturanyi.

Abaturanyi bavuga ko batangajwe no kumva uyu musore yishe uwo mukecuru.

Abo baturage babwiye itangazamakuru ko icyo bakeka ko ari intandaro yabyo ari abanyamasengesho baraye mu rugo rw’iwabo w’iyi ngimbi y’imyaka 19 bakabahanurira ko ibibazo byose bari guhura nabyo biterwa n’uwo muryango.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Musenyi, Gasirabo Gaspard yahamirije amakuru y’urwo upfu rw’umukecuru n’umusaza bishwe basanzwe mu rugo rwabo.

Avuga ko nta makimbirane yarasanzwe hagati yabo.

Ati: ”Baje gufata uwo mugizi wa nabi ari mu maboko y’inzego zigomba kumukurikirana mu butabera.”

Yihanganishije abo mu muryango mugari wa ba nyakwigendera n’abaturage muri rusange.

Gitifu Gasirabo yaboneyeho kwibutsa abatutage kujya batangira amakuru ku gihe ngo kuko nk’ibyo byabaye ntihaba habuze ibimenyetso byabanje.

TAGGED:Batamuriza. featuredBugesera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gitifu Wanugwanugwaga Kurya Amafaranga Y’Abaturage Yasezeye
Next Article Bufaransa: Yarashwe Ashaka Gutwika Isinagogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?