Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bugesera: Ingimbi Iravugwaho Kwica Umusaza N’Umukecuru Bamureze Akiri Umwana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Bugesera: Ingimbi Iravugwaho Kwica Umusaza N’Umukecuru Bamureze Akiri Umwana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2024 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nkundimana Jerome w’imyaka 19 utuye Murenge wa Musenyi, mu Karere ka Bugesera aravugwaho akwica umukecuru n’umusaza bari baramureze akiri umwana.

Yabatemye abasanze mu rugo rwabo.

Uwo musaza yari yabanje gukomeretswa mu buryo bukomeye, ajyanwa mu bitaro bya Nyamata arahagwa.

Kuri uyu wa Kane taliki 16 Gicurasi 2024 nibwo uwo musore wo mu Mudugudu wa Gatare, mu Kagari ka Gicaca, mu Murenge wa Musenyi yakoze ibyo akwekwaho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bamwe mu baturage babwiye UMUSEKE ko Nyina w’uyu musore yapfuye, uyu mukecuru amurerana n’abandi bana nk’umwana w’umuturanyi.

Abaturanyi bavuga ko batangajwe no kumva uyu musore yishe uwo mukecuru.

Abo baturage babwiye itangazamakuru ko icyo bakeka ko ari intandaro yabyo ari abanyamasengesho baraye mu rugo rw’iwabo w’iyi ngimbi y’imyaka 19 bakabahanurira ko ibibazo byose bari guhura nabyo biterwa n’uwo muryango.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Musenyi, Gasirabo Gaspard yahamirije amakuru y’urwo upfu rw’umukecuru n’umusaza bishwe basanzwe mu rugo rwabo.

Avuga ko nta makimbirane yarasanzwe hagati yabo.

- Advertisement -

Ati: ”Baje gufata uwo mugizi wa nabi ari mu maboko y’inzego zigomba kumukurikirana mu butabera.”

Yihanganishije abo mu muryango mugari wa ba nyakwigendera n’abaturage muri rusange.

Gitifu Gasirabo yaboneyeho kwibutsa abatutage kujya batangira amakuru ku gihe ngo kuko nk’ibyo byabaye ntihaba habuze ibimenyetso byabanje.

TAGGED:Batamuriza. featuredBugesera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gitifu Wanugwanugwaga Kurya Amafaranga Y’Abaturage Yasezeye
Next Article Bufaransa: Yarashwe Ashaka Gutwika Isinagogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?