Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bugesera: Ingimbi Iravugwaho Kwica Umusaza N’Umukecuru Bamureze Akiri Umwana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Bugesera: Ingimbi Iravugwaho Kwica Umusaza N’Umukecuru Bamureze Akiri Umwana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2024 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nkundimana Jerome w’imyaka 19 utuye Murenge wa Musenyi, mu Karere ka Bugesera aravugwaho akwica umukecuru n’umusaza bari baramureze akiri umwana.

Yabatemye abasanze mu rugo rwabo.

Uwo musaza yari yabanje gukomeretswa mu buryo bukomeye, ajyanwa mu bitaro bya Nyamata arahagwa.

Kuri uyu wa Kane taliki 16 Gicurasi 2024 nibwo uwo musore wo mu Mudugudu wa Gatare, mu Kagari ka Gicaca, mu Murenge wa Musenyi yakoze ibyo akwekwaho.

Bamwe mu baturage babwiye UMUSEKE ko Nyina w’uyu musore yapfuye, uyu mukecuru amurerana n’abandi bana nk’umwana w’umuturanyi.

Abaturanyi bavuga ko batangajwe no kumva uyu musore yishe uwo mukecuru.

Abo baturage babwiye itangazamakuru ko icyo bakeka ko ari intandaro yabyo ari abanyamasengesho baraye mu rugo rw’iwabo w’iyi ngimbi y’imyaka 19 bakabahanurira ko ibibazo byose bari guhura nabyo biterwa n’uwo muryango.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Musenyi, Gasirabo Gaspard yahamirije amakuru y’urwo upfu rw’umukecuru n’umusaza bishwe basanzwe mu rugo rwabo.

Avuga ko nta makimbirane yarasanzwe hagati yabo.

Ati: ”Baje gufata uwo mugizi wa nabi ari mu maboko y’inzego zigomba kumukurikirana mu butabera.”

Yihanganishije abo mu muryango mugari wa ba nyakwigendera n’abaturage muri rusange.

Gitifu Gasirabo yaboneyeho kwibutsa abatutage kujya batangira amakuru ku gihe ngo kuko nk’ibyo byabaye ntihaba habuze ibimenyetso byabanje.

TAGGED:Batamuriza. featuredBugesera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gitifu Wanugwanugwaga Kurya Amafaranga Y’Abaturage Yasezeye
Next Article Bufaransa: Yarashwe Ashaka Gutwika Isinagogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?