Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bugesera: Umuhati Wo Gushaka Abagwiriwe N’Ikirombe Ntacyo Urageraho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Bugesera: Umuhati Wo Gushaka Abagwiriwe N’Ikirombe Ntacyo Urageraho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2024 3:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imashini zicukura zikomeje gushakisha abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe kiri ahitwa Batima mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Rweru.

Nyuma y’uko inkuru yo kugwirwa n’ikirombe imenyekanye, abaturage n’ubuyobozi batabaje ubuyobozi bukuru bw’Akarere ngo burebe uko bwaboherereza imashini zicukura kugira ngo zibakuremo.

Imashini ziri gukora uko zishoboye ngo zikure abantu mu myobo ariko byagoranye

Ni umuhati kugeza n’ubu utaragira icyo utanga kuko amakuru dukesha abageze aho gucukura biri kubera avuga ko imashini zikiri gukuraho itaka ariko ritaravaho ryose kuko ari ryinshi.

Ngo ibitaka byabagwiriye biri hafi y’umunwa w’aho abajya gucukura binjirira.

Byabereye mu Murenge wa Rweru ahitwa Batima

Abagwiriwe n’icyo kirombe bose ni ingaragu.

Gushakisha imibiri y’aba bantu biracyagoranye kubera ko ubutaka bwatose cyane bitewe n’imvura nyinshi.

TAGGED:BugeserafeaturedIkirombe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tour Du Rwanda: Agace Ka Mbere Katwawe N’Umubiligi Jonathan Vervenne
Next Article Ishingiro Ry’Umugani Ngo: ‘Utazi Ubwenge Ashima Ubwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?