Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bugesera: Umuhati Wo Gushaka Abagwiriwe N’Ikirombe Ntacyo Urageraho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Bugesera: Umuhati Wo Gushaka Abagwiriwe N’Ikirombe Ntacyo Urageraho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2024 3:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imashini zicukura zikomeje gushakisha abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe kiri ahitwa Batima mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Rweru.

Nyuma y’uko inkuru yo kugwirwa n’ikirombe imenyekanye, abaturage n’ubuyobozi batabaje ubuyobozi bukuru bw’Akarere ngo burebe uko bwaboherereza imashini zicukura kugira ngo zibakuremo.

Imashini ziri gukora uko zishoboye ngo zikure abantu mu myobo ariko byagoranye

Ni umuhati kugeza n’ubu utaragira icyo utanga kuko amakuru dukesha abageze aho gucukura biri kubera avuga ko imashini zikiri gukuraho itaka ariko ritaravaho ryose kuko ari ryinshi.

Ngo ibitaka byabagwiriye biri hafi y’umunwa w’aho abajya gucukura binjirira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Byabereye mu Murenge wa Rweru ahitwa Batima

Abagwiriwe n’icyo kirombe bose ni ingaragu.

Gushakisha imibiri y’aba bantu biracyagoranye kubera ko ubutaka bwatose cyane bitewe n’imvura nyinshi.

TAGGED:BugeserafeaturedIkirombe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tour Du Rwanda: Agace Ka Mbere Katwawe N’Umubiligi Jonathan Vervenne
Next Article Ishingiro Ry’Umugani Ngo: ‘Utazi Ubwenge Ashima Ubwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?