Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burkina Faso Yirukanye Uwari Uhagarariye UN
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burkina Faso Yirukanye Uwari Uhagarariye UN

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2022 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Barbara Manzi wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri Burkina Faso yasabwe kuva muri iki gihugu mu gito gishoboka. Amakuru avuga ko yari afitanye imikoranire ya rwihishwa n’imwe mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’i Ouagadougou.

Itangazo rimwirukana muri kiriya gihugu ryasohowe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ariko ntiyigeze itangaza icyo yirukaniwe.

Icyakora hari abavuga ko yivangaga mu mikorere y’ubutegetsi bwa Burkina Faso bigaha icyuho imitwe iburwanya.

Madamu Barbara Manzi yirukanywe akurikira Abafaransa babiri nabo baherutse kwirukanwa bakekwaho ubutasi.

Barbara Manzi

Burkina Faso iyoborwa Captaine  Ibrahim Traoré wagiye ku butegetsi muri Nzeri, 2022 akoze Coup d’état.

Minisitiri w’intebe wa Burkina Faso yitwa Apollinaire Kyélem de Tembela.

Muri Nyakanga, 2022, Mali( igihugu gituranye na Burkina Faso) yirukanye uwari uhagarariye UN witwa Olivier Salgado bamuziza ko hari inyandiko yatangaje kandi bitemewe, iyo nyandiko ikaba yarasohotse hashize igihe gito abasirikare ba Côte d’Ivoire  49 bafatiwe i Bamako bavugwaho kuhinjira mu buryo budakurikije amategeko.

Iyi nayo ni indi ‘affaire’ ikomeye iri kuvugwa hagati y’ubutegetsi bw’i Abidjan n’ubw’i Bamako.

TAGGED:BurkinaFasofeaturedUmuryangoUmutekanoUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Yongeye Gututumba Hagati Y’u Bushinwa N’u Buhinde
Next Article APR FC Yiyemeje ‘Kugarura’ Abakinnyi B’Abanyamahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?