Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burkina Faso Yirukanye Uwari Uhagarariye UN
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burkina Faso Yirukanye Uwari Uhagarariye UN

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2022 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Barbara Manzi wari uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri Burkina Faso yasabwe kuva muri iki gihugu mu gito gishoboka. Amakuru avuga ko yari afitanye imikoranire ya rwihishwa n’imwe mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’i Ouagadougou.

Itangazo rimwirukana muri kiriya gihugu ryasohowe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ariko ntiyigeze itangaza icyo yirukaniwe.

Icyakora hari abavuga ko yivangaga mu mikorere y’ubutegetsi bwa Burkina Faso bigaha icyuho imitwe iburwanya.

Madamu Barbara Manzi yirukanywe akurikira Abafaransa babiri nabo baherutse kwirukanwa bakekwaho ubutasi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Barbara Manzi

Burkina Faso iyoborwa Captaine  Ibrahim Traoré wagiye ku butegetsi muri Nzeri, 2022 akoze Coup d’état.

Minisitiri w’intebe wa Burkina Faso yitwa Apollinaire Kyélem de Tembela.

Muri Nyakanga, 2022, Mali( igihugu gituranye na Burkina Faso) yirukanye uwari uhagarariye UN witwa Olivier Salgado bamuziza ko hari inyandiko yatangaje kandi bitemewe, iyo nyandiko ikaba yarasohotse hashize igihe gito abasirikare ba Côte d’Ivoire  49 bafatiwe i Bamako bavugwaho kuhinjira mu buryo budakurikije amategeko.

Iyi nayo ni indi ‘affaire’ ikomeye iri kuvugwa hagati y’ubutegetsi bw’i Abidjan n’ubw’i Bamako.

TAGGED:BurkinaFasofeaturedUmuryangoUmutekanoUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Yongeye Gututumba Hagati Y’u Bushinwa N’u Buhinde
Next Article APR FC Yiyemeje ‘Kugarura’ Abakinnyi B’Abanyamahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?