Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Abayoboke Ba Agathon Rwasa Bari Guhunga Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Abayoboke Ba Agathon Rwasa Bari Guhunga Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2024 12:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayoboke b’ishyaka rya CNL rya Agathon Rwasa biravugwa ko bari guhungira muri Tanzania ku bwinshi.

Iri shyaka riri mu yandi atavuga rumwe ritavuga n’ubutegetsi bwa Perezida Ndayishimiye mu Burundi.

Amakuru y’ihunga ry’aba bayoboke b’ishyaka CNL yatangiye kumenyekana kuva ku Cyumweru taliki 31, Werurwe, 2024.

Bivugwa ko abahunze bari mu miryango 23 igizwe n’abantu 100 barimo n’abagore n’abana.

Ni abo mu Ntara za Makamba,  Gitega na Ruyigi

Ikindi ni uko abo baturage b’Uburundi bageze muri Tanzania bashyirwa mu nkambi ya Nyarugusu, ikaba isanzwe icumbikiye abaturage 50,000.

Abahunze bavuga ko bavuye mu Burundi bahunze itotezwa bakorerwaga n’Imbonerakure.

Si ubwa mbere habayeho guhunga kuko ubuyobozi bw’iri shyaka bukunze kwandika amatangazo avuga ko abayoboke baryo bahohoterwa n’Imbonerakure.

TAGGED:BurundifeaturedImbonerakure
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi:Abayobozi Bakomeje Kwegura
Next Article Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Muri Guverinoma Y’Abatabazi Yafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?