Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi Bwahawe Miliyoni $261 Zo Kuzahura Ubukungu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi Bwahawe Miliyoni $261 Zo Kuzahura Ubukungu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2023 1:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu myanzuro iherutse kuva mu nama yahuje ubuyobozi bw’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, n’ubuyobozi bw’u Burundi ni uko iki gihugu kizahabwa miliyoni $ 261 azagifasha kuzahura ubukungu bwacyo.

Hari hashize imyaka umunani nta nkunga kiriya kigega giha u Burundi kubera ibibazo by’umutekano mucye bwari bufite.

Itsinda rya IMF ryari rihagarariwe n’uhagarariye iki kigega mu Burundi witwa Mame Astou Diouf.

Ibiganiro hagati y’impande zombi byanzuye ko u Burundi buzahabwa ariya mafaranga akazatangwa mu gihe cy’amezi 40, mu byiciro bitandukanye hagamijwe ko ashyirwa mu mishinga migari y’iterambere.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iyi nkunga yiswe Extended Credit Facility (ECF).

Arimo ingingo zivuga ko ariya mafaranga, azaba ari ayo kubaka ubukungu bw’u Burundi ariko nanone u Burundi bukazashobora kwishyura uwo mwenda ku rwunguko ruto.

Uretse ibibazo byatewe n’umutekano mucye watewe n’uko ibyakurikiye amatora ya Perezida wa Repubulika y’u Burundi bitabaye byiza, ibindi bibazo byakurikiyeho byarabushegeshe.

Birimo ingaruka za COVID-19 n’ibindi bifite imizi mu mutekano mucye wamaze igihe muri kiriya gihugu.

Ibibazo by’ikirere kitagenze neza nabyo byatumye umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi ugabanuka.

- Advertisement -
TAGGED:BurundiIkigegaInkunga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Macron Ari Kwamaganirwa Kure
Next Article U Rwanda Rwanenze The New York Times Yahaye Urubuga Umuntu Ngo Atoneke Abarokotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?