Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Primus Na Amstel Byarabuze Icyaka Kiba Kinshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Primus Na Amstel Byarabuze Icyaka Kiba Kinshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2024 1:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaguzi bo mu Murwa mukuru w’Uburundi Gitega barataka kubura byeri za Primus na Amstel, abacuruzi bo bakavuga ko bahomba ku rwego rukomeye.

Abaguzi bavuga ko kubona byeri ari nko guhiga isaro mu mucanga.

Ikinyamakuru Burundi Iwacu kivuga ko igihe kigeze ngo ubuyobozi bw’uruganda rukora biriya binyobwa rwerura rubwire abantu ikibazo gihari.

Abacuruzi bamwe bavuga ko ibura rya byeri riterwa ahanini n’ibura ry’iby’ibanze mu gukora ibinyobwa bisembuye.

Ibi byose biterwa n’ibura ry’amadolari ahagije ngo hatumizwe ibikoresho nkenerwa byo gukora ibinyobwa bisembuye.

Hari umucuruzi wo muri Gitega witwa Fabrice w’ahitwa Magarama wabwiye Burundi Iwacu ko iyo babajije abacuruzi ikibazo gihari bababwira ko nabo baheze mu gihirahiro, ko ntacyo babiziho.

Ku ruhande rw’abacuruzi, bo bababazwa n’uko babura imikorere ariko bakakwa imisoro nk’uko byari bimeze bagicuruza neza.

Bavuga ko n’amakaziye atakiza arimo byeri zuzuye kuko nke zihari baba bagomba kuzisaranganya.

Mu ikaziye ngo bashyiramo na Fanta kugira ngo itagenda icagase.

Abacuruzi bataka ko uko byeri zibura ari nako na burusheti zibura abazirya.

Ngo ihene ishobora kumara iminsi iri hagati y’ibiri n’itatu itararangira ibi bigatera umujinya ba mucoma barimo uwitwa Egide ukorera ahitwa Nyamugari kuri 2e avenue.

TAGGED:BurundiByerifeaturedGitega
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Abishe Noteri Muri Remera Barashwe, Ngo Bari Basanzwe Ari Abajura
Next Article I Goma Hatewe Ibisasu Abahanganye Bitana Ba Mwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?