Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cabo Delgado: Bamwe Mu Byihebe Batangiye Gushyikirizwa Ubutabera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Cabo Delgado: Bamwe Mu Byihebe Batangiye Gushyikirizwa Ubutabera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2023 8:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Mozambique, muri Cabo Delgado
SHARE

Mu mpera z’iki Cyumweru muri Mozambique hatangiye urubanza rw’amateka aho abahoze ari ibyihebe byari byarazengereje abaturage guhera mu mwaka wa 2017 batangiye gushyikirizwa ubutabera.

Ni igikorwa kigezweho nyuma y’uko ibyo byihebe byirukanywe n’ingabo z’u Rwanda na Polisi zoherejwe yo  nyuma y’ubwumvikane hagati y’Abakuru b’ibihugu byombi, Paul Kagame w’u Rwanda na Filip Nyusi wa Mozambique.

Ikinyamakuru cyo muri Mozambique kitwa Carta de Mozambique nicyo cyatangaje iby’urubanza rwa bamwe mu bahoze ari ibyihebe byahoze byarayogoje Cabo Delgado.

Iyi Ntara ikungahaye kuri byinshi birimo petelori, amabuye y’agaciro, n’ibindi bitandukanye.

Ituwe cyane n’abayoboke ba Islam.

Intambara zo muri iyo ntara bivugwa ko zaguyemo ubuzima bw’abarenga 5000 kandi abenshi muri bo ni abasivile ndetse abarenga miliyoni bavuye mu byabo.

Muri Nyakanga 2021, u Rwanda rwohereje ingabo n’abapolisi muri iriya ntara kandi bidatinze zahise zitangira kwesa imihigo, zishimira intsinzi.

Abahoze batuye muri aka gace bahise batangira kwishimira intsinzi, bagaruka mu ngo zabo, abana bajya kwiga, ubuzima buragaruka.

N’abashoramari barimo Abafaransa bafite TotalEnergies batangiye gusuzuma uko  basubukura ibikorwa byabo.

Nyuma y’ibyo byose, rero ubutabera bwatangiye kugera ku bahemukiwe na bya byihebe.

Urukiko rw’ibanze rwo mu Ntara ya Cabo Delgado rwatangiye kugeza mu butabera abantu bamwe baregwa iterabwoba.

Ubucamanza bubashinja kwangiza ibikorwaremezo mu bikorwa by’iterabwoba byakozwe mu myaka itandatu ishize.

TAGGED:CaboelgadofeaturedImanzaPolisiRDFUbutabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ibya CG Gasana Byagenze Mu Rukiko…
Next Article Abantu Batandatu B’i Kayonza Bapfiriye Mu Kirombe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?