Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2022 10:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imwe mu ndege yari ihagurutse hafi ya Yaoundé muri Cameroun yakoreye impanuka mu ishyamba  riri hafi aho. Bivugwa ko yari irimo abantu 11 kandi bose bashobora kuba bahasize ubuzima.

Iby’impanuka y’iriya ndege byatangajwe bwa mbere na Minisiteri y’ubwikorezi.

Amakuru avuga ko ubwo iriya ndege yari imaze gufata ikirere, yaje gutakaza itumanaho yari ifitanye n’abayiyobora bituma umupiloti ayigusha mu ishyamba  riri hafi aho.

Iri shyamba riherereye ahitwa Nanga Eboko mu bilometero 150 uturutse Yaoundé.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni  indege y’ikigo cy’ubwikorezi kitwa the Cameroon Oil Transportation Company (COTCO) gisanzwe cyarashoye mu by’ubucukuzi bw’ibikomoka  kuri petelori bimwe bicukurwa muri Chad.

Anadolu Agency yanditse ko iriya ndege yavaga ku kibuga cy’indege cya Yaoundé-Nsimalen igana ahitwa  Belabo mu Burasirazuba bwa Camaron.

Cameroun yigeze kubera mo impanuka y’indege yahitanye abantu 114 icyarimwe

Impanuka ikomeye kuri uru rwego yaherukaga kubera muri Cameroon mu mwaka wa 2007 ubwo indege ya Kenya Airways yahakoreraga impanuka igahitana abantu 114.

Icyo gihe iriya ndege yiteguraga kugwa ku kibuga cy’indege cya Douala.

Iperereza ryakozwe nyuma y’iriya mpanuka ryerekanye ko yatewe n’ikosa ry’umupilote.

- Advertisement -

 

TAGGED:CameronfeaturedImpanukaIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza
Next Article Ibiciro ‘Bizakomeza’ Kuzamuka: BNR
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?