Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Canal + Yafunguye Iduka Ry’Abakiliya Bayo Ku Gisimenti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Canal + Yafunguye Iduka Ry’Abakiliya Bayo Ku Gisimenti

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2021 5:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo gicuruza amashusho kitwa Canal + cyafunguye iduka ricuruza ibyuma by’ikoranabuhanga ku Gisimenti mu Mujyi wa Kigali  mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo.

Bimwe muri ibyo bikoresho harimo ibyuma binini bita televizeri bifasha abantu kureba amashusho, ibyuma byihashishwa mu itumanaho n’ibindi.

Ibyuma binini bita televizeri bifasha abantu kureba amashusho bifite na dekoderi zabyo kandi zidahenze.

Iduka rya Canal + riri ku Gisimenti rituranye n’ahakorera Urwego rushinzwe intwari z’igihugu, imidari n’impeta by’ishimwe(CHENO).

Umuyobozi wa Canal + mu Rwanda Madamu Sophie Chatchoua ati: “Iri duka rizafasha abatuye muri aka gace n’abagaturiye kubona amashusho n’ibyuma bayatanga hafi yabo kandi bitabahenze.”

Yongeyeho ko aha ari aha kabiri mu mujyi wa Kigali hashyizwe iduka nka ririya ariko n’ahandi mu  Rwanda  bafite gahunda yo kujyana ibikoresho byabo.

Ubuyobozi bwa Canal + buherutse gutangaza ko guhera tariki 16 kugeza tariki30, Gicurasi 2021, iki kigo kizageza ku bakiliya bacyo amashusho y’imikino ya BAL( Basketball Africa League) bishyuye Frw 5000 gusa.

Icyo gihe Sophie Tchatchoua yavuze ko bizaha Abanyarwanda ubundi buryo bwiza bwo kureba ibibera muri BAL binyuze mu biganiro bibiri aribyo BAL Action na BAL Mag.

Dekoderi nshya
Abashinzwe kwakira abakiliya
Madamu Sophie Chatchoua
Hari ikigega cyo kubika amakuru y’abasura ririya duka. ( Iki kigega bakita Database)
Gituranye n’ahakorera Urwego rushinzwe intwari z’igihugu, imidari n’impeta by’ishimwe(CHENO).
TAGGED:Canal +featuredIduka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yahuye N’Abasirikare B’Abafaransa Bari Mu Rwanda Kugeza Mu 1994
Next Article Abasirikare Ba Tchad Ikibazo Cyayo Mukibarekere- Tshisekedi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?