Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CAR: Ikoranabuhanga Rirafasha RDF Mu kazi Kayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

CAR: Ikoranabuhanga Rirafasha RDF Mu kazi Kayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2021 6:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kumenya aho abarwanyi bageze kugira ngo bakumirwe hagamijwe kurinda abasivili, ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa bya MINUSCA byo kurinda abaturage zirakoresha drones kugira ngo zimenye aho bageze.

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Centrafrique zishimirwa akazi zikora kugira ngo zirinde abaturage muri rusange n’abayobozi bakuru ba kiriya gihugu, barimo n’abagize umuryango wa  Perezida wacyo Faustin Archange Touadera.

Kugira ngo zemenye aho abarwanyi bageze basatira ibice birimo abaturage, ingabo z’u Rwanda ziri gukoresha uburyo bushoboka harimo n’utudege duto dutwarirwa kure twitwa drones.

Drones ziri gukoreshwa ni izitwa Galaxy Defenders.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hagati aho abarwanyi batishimiye ibiherutse kuva mu matora y’Umukuru w’Igihugu bakomeje gusatira Umurwa mukuru, Bangui.

Kugeza ubu Leta ya Centrafrique yashyizeho ibihe bidasanzwe kubera ko inyeshyamba zugarije Umurwa mukuru Bangui.

Ifite impungenge ko ziriya nyeshyamba zishobora guhirika ubutegetsi.

Inyeshyamba zirwanya Leta zamaze kwigarurira bibiri bya gatatu by’igihugu.

Loni yatangajeko igihugu kiri mu kaga.

- Advertisement -

Zivuga ko zitemeye ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka yatsinzwe na Faustin Archange Touadera.

Ubutegetsi bwa Centrafrique bwo bushinja François Bozizé wigeze kuyobora kiriya gihugu kuba inyuma y’ibitero bya ziriya nyeshyamba nyuma y’uko abujijwe kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu yabaye tariki 27, Ukuboza, 2020.

TAGGED:BanguiBozizeCARfeaturedRDFTouadera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Incamake yurugendo rwa @AmavubiStars ruva i Douala rwerekeza i Limbé Nyuma yurugendo rwamaze hafi isaha nigice
Next Article Abitwaza Ko Siporo Yemewe Bakarenga Umudugudu Nibabireke-CP Rumanzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?