Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CAR: Ikoranabuhanga Rirafasha RDF Mu kazi Kayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

CAR: Ikoranabuhanga Rirafasha RDF Mu kazi Kayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2021 6:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kumenya aho abarwanyi bageze kugira ngo bakumirwe hagamijwe kurinda abasivili, ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa bya MINUSCA byo kurinda abaturage zirakoresha drones kugira ngo zimenye aho bageze.

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Centrafrique zishimirwa akazi zikora kugira ngo zirinde abaturage muri rusange n’abayobozi bakuru ba kiriya gihugu, barimo n’abagize umuryango wa  Perezida wacyo Faustin Archange Touadera.

Kugira ngo zemenye aho abarwanyi bageze basatira ibice birimo abaturage, ingabo z’u Rwanda ziri gukoresha uburyo bushoboka harimo n’utudege duto dutwarirwa kure twitwa drones.

Drones ziri gukoreshwa ni izitwa Galaxy Defenders.

Hagati aho abarwanyi batishimiye ibiherutse kuva mu matora y’Umukuru w’Igihugu bakomeje gusatira Umurwa mukuru, Bangui.

Kugeza ubu Leta ya Centrafrique yashyizeho ibihe bidasanzwe kubera ko inyeshyamba zugarije Umurwa mukuru Bangui.

Ifite impungenge ko ziriya nyeshyamba zishobora guhirika ubutegetsi.

Inyeshyamba zirwanya Leta zamaze kwigarurira bibiri bya gatatu by’igihugu.

Loni yatangajeko igihugu kiri mu kaga.

Zivuga ko zitemeye ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka yatsinzwe na Faustin Archange Touadera.

Ubutegetsi bwa Centrafrique bwo bushinja François Bozizé wigeze kuyobora kiriya gihugu kuba inyuma y’ibitero bya ziriya nyeshyamba nyuma y’uko abujijwe kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu yabaye tariki 27, Ukuboza, 2020.

TAGGED:BanguiBozizeCARfeaturedRDFTouadera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Incamake yurugendo rwa @AmavubiStars ruva i Douala rwerekeza i Limbé Nyuma yurugendo rwamaze hafi isaha nigice
Next Article Abitwaza Ko Siporo Yemewe Bakarenga Umudugudu Nibabireke-CP Rumanzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?