Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CAR: Inyeshyamba Zugarije Umurwa Mukuru Bangui
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

CAR: Inyeshyamba Zugarije Umurwa Mukuru Bangui

taarifa@media
Last updated: 24 January 2021 5:41 am
taarifa@media
Share
SHARE

Repubukika ya Centrafrique iri mu gihe kidasanzwe kubera ko inyeshyamba zugarije Umurwa mukuru Bangui.

Leta ifite impungenge ko ziriya nyeshyamba zishobora guhirika ubutegetsi.

Inyeshyamba zirwanya Leta zamaze kwigarurira bibiri bya gatatu by’igihugu, ubu zamaze gusatira Bangui.

Loni yatangaje ko igihugu kiri mu kaga.

Inyeshyamba zivuga ko zitemeye ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka yatsinzwe na Faustin Archange Touadera.

Ubutegetsi bwa Centrafrique bushinja François Bozizé kuba inyuma y’ibitero bya ziriya nyeshyamba nyuma y’uko abimujijwe kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu yabaye tariki 27, Ukuboza, 2020.

Perezida Touadera aherutse kuvuga ko abagira uruhare mu kubuza amahoro abaturage bazafatwa bakagezwa mu butabera.
Bozizé, wigeze kuyobora Centrafrique muri 2003, ahakana ibyo ashinjwa.

Yavanywe ku butegetsi muri 2013.
Abaturage 200 000 bavanywe mu byabo kubera intambara imaze igihe muri kiriya gihugu.

Centrafrique yoherejwemo abasirikare barimo n’ab’u Rwanda n’Umuryango w’Abibumbye mu butumwa bwo kugarura amahoro mu kitwa MINUSCA.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article USA: Hagiye Kuba Umuhango Wo Gusezera Kuri Padiri Ubald Rugirangoga
Next Article Kenya: Igihugu Cya Mbere Muri EAC Aho Umukirisitu Atotezwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?