Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CAR: Inyeshyamba Zugarije Umurwa Mukuru Bangui
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

CAR: Inyeshyamba Zugarije Umurwa Mukuru Bangui

taarifa@media
Last updated: 24 January 2021 5:41 am
taarifa@media
Share
SHARE

Repubukika ya Centrafrique iri mu gihe kidasanzwe kubera ko inyeshyamba zugarije Umurwa mukuru Bangui.

Leta ifite impungenge ko ziriya nyeshyamba zishobora guhirika ubutegetsi.

Inyeshyamba zirwanya Leta zamaze kwigarurira bibiri bya gatatu by’igihugu, ubu zamaze gusatira Bangui.

Loni yatangaje ko igihugu kiri mu kaga.

Inyeshyamba zivuga ko zitemeye ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka yatsinzwe na Faustin Archange Touadera.

Ubutegetsi bwa Centrafrique bushinja François Bozizé kuba inyuma y’ibitero bya ziriya nyeshyamba nyuma y’uko abimujijwe kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu yabaye tariki 27, Ukuboza, 2020.

Perezida Touadera aherutse kuvuga ko abagira uruhare mu kubuza amahoro abaturage bazafatwa bakagezwa mu butabera.
Bozizé, wigeze kuyobora Centrafrique muri 2003, ahakana ibyo ashinjwa.

Yavanywe ku butegetsi muri 2013.
Abaturage 200 000 bavanywe mu byabo kubera intambara imaze igihe muri kiriya gihugu.

Centrafrique yoherejwemo abasirikare barimo n’ab’u Rwanda n’Umuryango w’Abibumbye mu butumwa bwo kugarura amahoro mu kitwa MINUSCA.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article USA: Hagiye Kuba Umuhango Wo Gusezera Kuri Padiri Ubald Rugirangoga
Next Article Kenya: Igihugu Cya Mbere Muri EAC Aho Umukirisitu Atotezwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?