Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Centrafrique Irategura Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano, Bozizé Arahejwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Centrafrique Irategura Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano, Bozizé Arahejwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 September 2021 3:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bw’i Bangui buri kwegeranya ibicyenewe byose kugira ngo bidatinze hazaterane Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, igamije guhuza abatuye Centrafrique ngo baganire ku cyatuma ubumwe bwabo bwongera gukomera.

Si ubwa mbere igitekerezo cyo gushyiraho Inama  y’igihugu y’Umushyikirano muri Centrafrique kibaho ariko cyahuye n’ibibazo by’umutekano mucye no gutegura amatora y’Umukuru w’Igihugu.

Imwe mu mbogamizi y’ishyirwaho ry’iyi nama yabaye iy’uko abantu batemeranyaga uko amoko n’amashyaka ya Politiki byazagabana imyanya n’inshingano mu buyobozi bwa Komite izayitegura.

RFI yanditse ko hari urutonde rwarangije gukorwa kandi ngo rwemeranyijweho n’impande zose ziri mu buzima bwa politiki ya Centrafrique.

Abantu 30 nibo bari ku rutonde rw’abagize iriya Komite:

Barimo abo mu madini, abo mu mashyaka ya Politiki, abo muri Sosiyete sivili n’impuguke ku rwego mpuzamahanga.

Nibo bazagenera ibizigwaho muri iriya Nama y’igihugu y’Umushyikirano n’aho izabera.

Icyakorwa, kugeza ubu ntiharatangazwa uruhare abo mu mitwe irwanya Leta bazagira muri biriya biganiro.

Bozize ngo ntiyemetewe kuyitabira

Hari n’abavuga ko nta n’igitekerezo cy’uko abo ku ruhande rwa François Bozizé bazitabira biriya biganiro gihari!

TAGGED:BozizeCentrafriquefeaturedInamaUmushyikirano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ishami Rya UN Rishinzwe Kurwanya Jenoside Rishima Imibanire Y’Abagize AERG-GAERG
Next Article Umujyi wa Kigali Washyizeho Urugo Mbonezamikurire y’Abana b’Abakozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?