Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CHAN: Kagame Yasabye Amavubi Kuza Gukinana Umurava n’Umutima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

CHAN: Kagame Yasabye Amavubi Kuza Gukinana Umurava n’Umutima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2021 1:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yasabye abakinnyi b’Amavubi kuza gukinana umutima n’umurava mu mukino bari bukine na Togo, bakawutsinda. Minisitiri wa Sports n’Umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa niwe wabagijeje ho ubutumwa bwa Perezida Kagame.

Amavubi ari bukine n’Uduca twa Togo mu mukino uri bubere i Limbé muri Cameroun, ukaza kuba saa tatu z’ijoro(9h00 pm) ku isaha y’i Kigali.

Imikino Amavubi yakinnye yombi yarayanganyije 0-0. Umukino wa mbere yawukinnye na Uganda, uwa kabiri awukina na Marocco.

Abakurikiranira hafi imikinire y’Amavubi bibaza niba aramutse atsinzwe igitego yashobora kukigombora, bakabishingira ku ngingo y’uko akunze gukina asa n’agamije kwihagararaho gusa.

Mu mukino wo kuri uyu wa Kabiri, Amavubi arakina atari kumwe n’abakinnyi nka Bertrand Iradukunda na Eric Nsabimana bita Zidane.

Muri 2016, Perezida Kagame yigeze guha impanuro Amavubi ubwo yiteguraga gukina n’Ikipe ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mukino wa 1/4 wa CHAN.

Icyo gihe Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abakinnyi b’u Rwanda ko igihugu cyose kibari inyuma kandi ko bagomba kwizera kandi bagakoresha ubushobozi bwabo bagatsinda Congo.

Yari yabatumiye muri Village Urugwiro abibutsa ko bagomba kumenya ko bahagarariye Abanyarwanda bose bityo bagakoresha imbaraga zabo zose baba banatsinzwe bakaba ntacyo batagize.

Ubutumwa babugejejwe na Minisitiri wa Siporo n’Umuco Mimosa Aurore Munyangaju
TAGGED:AmavubiCamerounfeaturedKagameTogoUduca
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakuru Ba EAC ‘Bazaterana’ Bige Ibyerekeye Itorwa Ry’Umunyamabanga Mukuru
Next Article Uganda: Abasirikare Bari Barahejeje Bobi Wine Iwe Bahavuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?