Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Christopher Yapfushije Nyina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Christopher Yapfushije Nyina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2021 6:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyina w’umuhanzi Muneza Christopher, witwa Gahongayire Marie Mativitas yitabye Imana nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe.

Yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 21 Mutarama 2021.

Inshuti z’uyu muhanzi zamusabye kugira umutima ukomeye ntacike intege mu mwuga.

N’ubwo atigeze abinyuza ahantu na hamwe yerekana cyangwa atangariza abamukurikira ko yagize ibyago, Taarifa yamenye ko Nyina yazize uburwayi yari amaranye igihe.

Umuhanzi Christopher asigaranye Se .

Muneza Christophe uzwi ku izina rya Christopher ni umuhanzi nyarwanda ukunze kuririmba injyana zituje.

Yavutse  tariki 30 Mutarama 1994, kuri Butera Juvenal na Gahongayire Marie Mativitas.

Christopher ni umwana wa gatatu mu muryango w’abana batandatu.

Yatangiye kuririmba akiga mu mwaka wa gatatu (3) w’amashuri abanza aho yaririmbaga muri Korali y’abana aza no kwinjira muri Korali y’abakuru.

Christopher yinjiye mu buhanzi busanzwe mu mwaka wa 2009 aho yakoze indirimbo yise Bye Bye ariko ntiyabasha kuyishyira hanze kubera ko nta bushobozi yari afite.

Nyuma yatsinze amarushanwa yari yateguwe n’inzu itunganya umuziki ya KINA Music atangira kwamamara.

Nyine aruhukire mu mahoro.

TAGGED:ChristopherfeaturedKinaMunezaNyina
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abavuga Ko RDF Iri Muri DRC Baguye Mu Mutego W’Ibihuha Bya FDLR-Amb Karega
Next Article Rwanda: Abantu Icyenda Bazize COVID-19, Ni Ubwa Mbere bibaye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?