Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Christopher Yapfushije Nyina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Christopher Yapfushije Nyina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2021 6:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyina w’umuhanzi Muneza Christopher, witwa Gahongayire Marie Mativitas yitabye Imana nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe.

Yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 21 Mutarama 2021.

Inshuti z’uyu muhanzi zamusabye kugira umutima ukomeye ntacike intege mu mwuga.

N’ubwo atigeze abinyuza ahantu na hamwe yerekana cyangwa atangariza abamukurikira ko yagize ibyago, Taarifa yamenye ko Nyina yazize uburwayi yari amaranye igihe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuhanzi Christopher asigaranye Se .

Muneza Christophe uzwi ku izina rya Christopher ni umuhanzi nyarwanda ukunze kuririmba injyana zituje.

Yavutse  tariki 30 Mutarama 1994, kuri Butera Juvenal na Gahongayire Marie Mativitas.

Christopher ni umwana wa gatatu mu muryango w’abana batandatu.

Yatangiye kuririmba akiga mu mwaka wa gatatu (3) w’amashuri abanza aho yaririmbaga muri Korali y’abana aza no kwinjira muri Korali y’abakuru.

- Advertisement -

Christopher yinjiye mu buhanzi busanzwe mu mwaka wa 2009 aho yakoze indirimbo yise Bye Bye ariko ntiyabasha kuyishyira hanze kubera ko nta bushobozi yari afite.

Nyuma yatsinze amarushanwa yari yateguwe n’inzu itunganya umuziki ya KINA Music atangira kwamamara.

Nyine aruhukire mu mahoro.

TAGGED:ChristopherfeaturedKinaMunezaNyina
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abavuga Ko RDF Iri Muri DRC Baguye Mu Mutego W’Ibihuha Bya FDLR-Amb Karega
Next Article Rwanda: Abantu Icyenda Bazize COVID-19, Ni Ubwa Mbere bibaye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?