Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: COGEBANQUE Ifite Umuyobozi Mukuru Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

COGEBANQUE Ifite Umuyobozi Mukuru Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 May 2021 12:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imwe muri Banki zikorera mu Rwanda yitwa COGEBANQUE ifite umuyobozi mukuru w’Umunyarwanda witwa Guillaume Ngamije Habarugira usimbuye Bwana Cherno Gaye wavuye muri uriya mwanya imyaka itatu irenga ayobora iriya banki.

Itangazo rya COGEBANQUE rivuga ko uriya muyobozi yatangiye akazi tariki 26, Mata, 2021 yasimbuye Bwana Gaye wavuye mu kazi mu mpera za 2020 amaze imyaka irenga itatu ayobora iriya banki.

Bwana Ngamije ni umugabo umaze igihe kingana n’imyaka 14 akora mu nzego z’imari no kuyicunga, akaba kandi afite ubuhanga mu mikorere y’inzego z’imari zo hirya no hino ku isi harimo n’izo mu gihugu cya Austria.

Itangazo rya COGEBANQUE rivuga ko uriya mugabo yishimiye inshingano nshya yahawe, avuga ko azazikorana umurava n’urukundo.

Yagize ati: “ Nishimiye gukoresha imbaraga n’ubuhanga bwanjye mu gukorera iyi banki kandi nzazamura ikoranabuhanga mu mikorere yayo.”

COGEBANQUE ni umwe muri banki zikorera mu Rwanda. Yatangiye gukorera mu Rwanda muri 1999.

Kuri iki gihe ifite amashami 28 mu Rwanda.

TAGGED:BankiCOGEBANQUEfeaturedItangazoUmunyarwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuburo Wa Polisi Mu Gihe Cya Tour Du Rwanda 2021
Next Article Abatalibani Biyemeje Guhangana N’Ingabo Z’Amerika Zikiri Muri Afghanistan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?