Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Comedy Knights Yadukanye Urwenya Yise ‘Bitu Biko’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Comedy Knights Yadukanye Urwenya Yise ‘Bitu Biko’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 September 2022 5:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abanyarwenya Comedy Knights Rwanda rivuga ko abakunda urwenya bagiye kongera kugorora imbavu binyuze mu bitaramo ngarukakwezi bise ‘Half Hour Comedy Specials’ birimo n’igice kiswe ‘Bitu Biko Seriously Funny.’

‘Bitu Biko’ ni amagambo y’Igiswayile asobanura ngo ‘Ibintu Biriho.’

Intego y’abanyarwenya ba Comedy Knights ni ugufasha Abanyarwanda baba mu Rwanda n’ababa mu mahanga ndetse n’abandi bakunda urwenya kugira ngo baseke bagororoke.

Undi mwihariko ni uko abanyarwenya bo muri iri tsinda baje gukina  ari benshi kandi mu ndimi zose zikoreshwa mu Rwanda kugira ngo hatazagira uvuga ko atasetse kubera ko atumva ibivugwa.

Muri uyu Mujyo kandi abo banyarwenya bavuga ko muri Ukuboza, 2022  bazatangiza icyo  ‘Caravane du Rire’.

Ikindi ni uko imikorere yabo yatumye bamenyekana no hanze y’u Rwanda k’uburyo batumiwe kuzajya gusetsa n’abo muri New York na Chicago muri Amerika.

Taliki 01, Ukwakira 2022 bazakora igitaramo bise ‘Bitu Biko Seriously Funny’ kikazakorwa na Hervé Kimenyi,  Babu Joe  na Michael Sengazi.

Umunyarwenya Kimenyi

Uwashaka kugura itike yabikora akoresheje *801*66*2#.

TAGGED:KimenyiUrwenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ebola Ikomeje Kwica Abantu Muri Uganda
Next Article Jenerali Wo Muri DRC Akurikiranyweho Gukorana N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?