Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Coronavirus Yihinduranyije Ya Omicron Yageze Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Coronavirus Yihinduranyije Ya Omicron Yageze Muri Uganda

admin
Last updated: 07 December 2021 1:47 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yemeje ko yatahuye ubwandu bwa coronavirus yihinduranyie ya Omicron, mu bipimo birindwi byafashwe mu bantu bari bavuye mu mahanga.

Abantu basanzwemo ubwo burwayi ngo bapimwe barimo kwinjira muri Uganda banyuze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe.

Yagize iti “Batanu muri abo bari bavuye muri Nigeria mu gihe babiri bari baturutse muri Afurika y’Epfo.”

Uganda has confirmed 7 cases of the Omicron variant. 5 of these arrived from Nigeria while 2 arrived from South Africa. This was confirmed by the genomic surveillance that we have been carrying out at the various points of entry and among the general population.

— Ministry of Health- Uganda (@MinofHealthUG) December 7, 2021

Gutahura iyo virus ngo byanyuze mu buryo bwo gusesengura imiterere ya virus ziba zabonetse mu bantu banduye COVID-19, igikorwa inzego z’ubuzima zimazemo iminsi cyane cyane ku mipaka yinjira muri Uganda.

Minisiteri y’Ubuzima yakomeje iti “Abantu bagaragayemo uburwayi bashyizwe mu kato ndetse barimo gukurikiranirwa hafi. Ntabwo barembye cyane.”

Yasabye abaturage kudacikamo igikuba, ahubwo bakihutira kwikingiza COVID-19 kandi bakubahiriza amabwiriza yo kwirinda iki cyorezo.

Iyi virus iheruka gutangazwa bwa mbere n’abashakashatsi bo muri Afuria y’Epfo, ibihugu byinshi byihutira gufunga ingendo z’indege zerekeza mu majyepfo ya Afurika.

Gusa uko iminsi ishira byagiye bigaragara ko iyi virus iri ahantu henshi, no mu bipimo byafashwe mbere y’uko Afurika y’Epfo itangaza ko yabonye iyi virus.

Ntabwo kugeza ubu haramenyekana ubukana bwayo mu buryo ntakuka, ariko bitewe n’uburyo yihinduranya inshuro nyinshi kurusha Delta, ifite ubushobozi bwo kwanduza abantu benshi mu gihe gito.

Ntabwo ubushakashatsi buremeza kandi ibyago byayo uko bingana mu gutuma abantu benshi baremba, bapfa, cyangwa urwego ishobora kwirindwaho hakoreshejwe inkingo zirimo gutangwa ubu.

Hejuru ku ifoto: Minisitiri w’Ubuzima wa Uganda, Jane Ruth Aceng

TAGGED:COVID-19featuredJane Ruth AcengUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bwongereza Bwahaye U Rwanda Inkingo Miliyoni 1.1 Za COVID-19
Next Article Bagiye Kurega Facebook Kuko Yatumye Bakorerwa Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?