Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CP Kabera Yakiriye Abapolisi 80 Buvuye Kusa Ikivi Muri Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

CP Kabera Yakiriye Abapolisi 80 Buvuye Kusa Ikivi Muri Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2022 6:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri iki Cyumweru taliki 17, Mata, 2022 abapolisi 80 bari bamaze umwaka muri Sudani y’Epfo mu bikorwa byo kuhagarura no kuhabungabukira amahoro, bagarutse i Kigali. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda wari uhagarariye ubuyobozi bwayo bukuru niwe wabakiriye.

Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera yabashimiye umurava n’ubwitange bakoresheje mu kazi kabo kugira ngo buzuze neza ibyo bari bashinzwe.

Abo bapolisi 80 baje bayobowe na Senior Superintendent of Police(SSP) Prosper Nshimiyimana.

Bari bamazeyo umwaka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Good evening,

We are pleased to welcome 80 Police officers who have returned home after completing a @UN peacekeeping mission in South Sudan.

The contingent commanded by SP Prosper Nshimiyimana landed at Kigali international airport at 5:30 PM. pic.twitter.com/vRU69luFdn

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) April 17, 2022

Baje babisikanye na bagenzi babo birekeje mu Murwa mukuru wa Sudani y’Epfo bayobowe na

SSP Prudence Ngendahimana n’abo bakazamarayo undi mwaka.

Iri tsinda ryo ku wa Gatandatu ryaganirijwe n’umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza wabibukije akamaro k’ikinyabupfura mu kazi kabo.

Ubwo Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yahaga impanuro abapolisi biteguraga kujya muri Sudani y’Epfo

Kubera ko abantu ari abantu, ni ngombwa ko Abapolisi b’u Rwanda boherejwe mu mahanga bahora bibutswa ko ibendera ry’u Rwanda baba bambaye ku kaboko k’ibumoso baba bagomba kurinda ko igihugu rihagarariye cyagibwaho umugayo bibaturutseho.

- Advertisement -

Icyakora imiryango mpuzamahanga n’Umuryango w’Abibumbye by’umwihariko bemera ko abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bitwara neza aho boherejwe hose mu kazi n’ubwo nta byera ngo de!

TAGGED:featuredKaberaMunyuzaPolisiSudani y'Epfo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwandakazi Bagiye Gushyiraho Ihuriro Ryo Kuganiriramo Politiki Ziteza Imbere Umugore
Next Article Ubwo Yagarukaga Mu Rwanda, Perezida Kagame Yaciye Muri Senegal Asuhuza Perezida W’Aho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?