Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CP Kabera Yakiriye Abapolisi 80 Buvuye Kusa Ikivi Muri Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

CP Kabera Yakiriye Abapolisi 80 Buvuye Kusa Ikivi Muri Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2022 6:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri iki Cyumweru taliki 17, Mata, 2022 abapolisi 80 bari bamaze umwaka muri Sudani y’Epfo mu bikorwa byo kuhagarura no kuhabungabukira amahoro, bagarutse i Kigali. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda wari uhagarariye ubuyobozi bwayo bukuru niwe wabakiriye.

Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera yabashimiye umurava n’ubwitange bakoresheje mu kazi kabo kugira ngo buzuze neza ibyo bari bashinzwe.

Abo bapolisi 80 baje bayobowe na Senior Superintendent of Police(SSP) Prosper Nshimiyimana.

Bari bamazeyo umwaka.

Good evening,

We are pleased to welcome 80 Police officers who have returned home after completing a @UN peacekeeping mission in South Sudan.

The contingent commanded by SP Prosper Nshimiyimana landed at Kigali international airport at 5:30 PM. pic.twitter.com/vRU69luFdn

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) April 17, 2022

Baje babisikanye na bagenzi babo birekeje mu Murwa mukuru wa Sudani y’Epfo bayobowe na

SSP Prudence Ngendahimana n’abo bakazamarayo undi mwaka.

Iri tsinda ryo ku wa Gatandatu ryaganirijwe n’umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza wabibukije akamaro k’ikinyabupfura mu kazi kabo.

Ubwo Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yahaga impanuro abapolisi biteguraga kujya muri Sudani y’Epfo

Kubera ko abantu ari abantu, ni ngombwa ko Abapolisi b’u Rwanda boherejwe mu mahanga bahora bibutswa ko ibendera ry’u Rwanda baba bambaye ku kaboko k’ibumoso baba bagomba kurinda ko igihugu rihagarariye cyagibwaho umugayo bibaturutseho.

Icyakora imiryango mpuzamahanga n’Umuryango w’Abibumbye by’umwihariko bemera ko abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bitwara neza aho boherejwe hose mu kazi n’ubwo nta byera ngo de!

TAGGED:featuredKaberaMunyuzaPolisiSudani y'Epfo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwandakazi Bagiye Gushyiraho Ihuriro Ryo Kuganiriramo Politiki Ziteza Imbere Umugore
Next Article Ubwo Yagarukaga Mu Rwanda, Perezida Kagame Yaciye Muri Senegal Asuhuza Perezida W’Aho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?