Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Depite Yabajije Min W’Intebe Ikibazo Gitangaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Depite Yabajije Min W’Intebe Ikibazo Gitangaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2024 10:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mukabunani Christine umwe mu badepite mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yabajije Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente niba nta buryo abana b’abahanga mu ikoranabuhanga bakora ibyaha bajya bareka gufungwa igihe kirekire ahubwo bagahugurwa.

Mukabunani yatanze urugero rw’abiba ku byuma by’amafaranga bita Automatic teller machine.

Avuga ko harebwa uburyo abo bantu bazajya bahugurwa bakaba ingirakamaro ku gihugu.

Ati: “Hari abana tumaze iminsi twumva bafashwe bari kuri RIB bakoze ibyaha by’ubujura. Ukumva ibintu bakoraga birimo ibintu by’ubuhanga. Leta ifite iyihe gahunda y’ukuntu yamanaginga (managing)abo bana kugira ngo bagirire igihugu akamaro”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko ibyo Leta itabikora kuko bitaba bikwiye.

Ati: ” Muri Abadepite mukora amategeko. Umujura azibe tumuhembe se? N’ubundi umujura yibisha ubwenge. Ntabwo waba utazi ubwenge ngo wibe ubishobore”

Kuri Ngirente ngo iyo logic ntabwo ari yo ahubwo ngo umujura abanza kubihanirwa hanyuma akazaba akoresha ubwo bwenge arangije igihano cye.

TAGGED:featuredNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yihoreye Kuri Iran, Ijisho Rihorerwa Irindi
Next Article Ibiciro Bya Essence Ku Isi Byazamutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?