Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Depite Yabajije Min W’Intebe Ikibazo Gitangaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Depite Yabajije Min W’Intebe Ikibazo Gitangaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2024 10:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mukabunani Christine umwe mu badepite mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yabajije Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente niba nta buryo abana b’abahanga mu ikoranabuhanga bakora ibyaha bajya bareka gufungwa igihe kirekire ahubwo bagahugurwa.

Mukabunani yatanze urugero rw’abiba ku byuma by’amafaranga bita Automatic teller machine.

Avuga ko harebwa uburyo abo bantu bazajya bahugurwa bakaba ingirakamaro ku gihugu.

Ati: “Hari abana tumaze iminsi twumva bafashwe bari kuri RIB bakoze ibyaha by’ubujura. Ukumva ibintu bakoraga birimo ibintu by’ubuhanga. Leta ifite iyihe gahunda y’ukuntu yamanaginga (managing)abo bana kugira ngo bagirire igihugu akamaro”

Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko ibyo Leta itabikora kuko bitaba bikwiye.

Ati: ” Muri Abadepite mukora amategeko. Umujura azibe tumuhembe se? N’ubundi umujura yibisha ubwenge. Ntabwo waba utazi ubwenge ngo wibe ubishobore”

Kuri Ngirente ngo iyo logic ntabwo ari yo ahubwo ngo umujura abanza kubihanirwa hanyuma akazaba akoresha ubwo bwenge arangije igihano cye.

TAGGED:featuredNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yihoreye Kuri Iran, Ijisho Rihorerwa Irindi
Next Article Ibiciro Bya Essence Ku Isi Byazamutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?