Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dominic Ongwen Yakatiwe Gufungwa Imyaka 25
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Dominic Ongwen Yakatiwe Gufungwa Imyaka 25

admin
Last updated: 06 May 2021 8:36 pm
admin
Share
SHARE

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwahamije ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu Dominic Ongwen wari umwe mu bayobozi b’inyeshyamba za Lord’s Resistance Army (LRA), rumukatira gufungwa imyaka 25.

Uyu mugabo w’imyaka 45 muri Gashyantare nibwo yahamjwe ibyaha 61 birimo ubwicanyi, gufata ku ngufu, ubucakara bushingiye ku gitsina n’ibindi byinshi, byakozwe ahagana mu mwaka wa 2000 n’inyeshyamba za LRA, ziyoborwa na Joseph Kony.

Ongwen yakomezaga kuvuga ko akwiye kubabarirwa kuko yinjiye muri uwo mutwe akiri umwana, ashimuswe.

Ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa imyaka 20 kubera ko uburyo yabayeho bukwiye gutuma agabanyirizwa ibihano, aho gukatirwa hagati y’igifungo cy’imyaka 30 no gufungwa burundu yateganyirizwaga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abagizweho ingaruka n’ibikorwa bya Ongwen bo bamusabiraga gufungwa burundu.

Inyeshyamba ziyobowe na Kony zishinjwa ko zishe abaturage 100.000  ndetse abana barenga 60.000 bagashimutwa, nk’uko bitangazwa n’Umuryango w’Abibumbye.

Ibyo bikorwa byageze mu bihugu bya Sudan, Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Repubulika ya Centrafrique.

Ongwen yishyikirije ingabo za Amerika zari mu bikorwa byo guhiga Kony muri Repubulika ya Centrafrique, mu mwaka wa 2015. Nibwo yahise ajyanwa muri ICC.

TAGGED:Dominic OngwenfeaturedLRA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Alan Boileau Yongeye Kwigaragaza, Eyob Metkel Atahana Umwenda W’Umuhondo
Next Article Inkingo Za COVID-19 Zishobora Gutangira Gukorerwa Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?