Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Donat Ndamage Yahaye Perezida Nyusi Impapuro Zimwemerera Guhagararira u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Donat Ndamage Yahaye Perezida Nyusi Impapuro Zimwemerera Guhagararira u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2024 11:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amb Col (Rtd) Donat Ndamage yaraye agejeje kuri Perezida Filip Nyusi uyobora Mozambique inyandiko zimwemerera guhagararira inyungu za Kigali i Maputo.

Uyu musirikare wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru azahagararira u Rwanda kandi mu bwami bwa Eswatini no mu Birwa bya Comoros.

Mu Ukuboza, 2023 nibwo Amb. Col (Rdt) Donat Ndamage, yahawe izi nshingano.

Amb( Rtd) Donat Ndamage na Perezida Nyusi

Taliki 31, Mutarama, 2024 nibwo yagiye muri Mozambique, yakirwa n’abagize itsinda ry’abahagarariye ibihuugu byabo muri Mozambique harimo n’intumwa za Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Mozambique.

Abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Mozambique bamaze guhura inshuro nyinshi,.

Perezida Filipe Jacinto Nyusi aherutse kugirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda ku wa 25 Mutarama, 2024, aganira na mugenzi we ku bijyanye n’imikoranire y’ibihugu byombi mu nzego nyinshi zinyuranye.

Filip Nyusi aherutse mu Rwanda

Umubano w’ibihugu byombi warushijeho guterimbere kuva aho u Rwanda rufunguriye Ambasade yarwo muri Mozambique muri Kamena 2019, na Mozambique igafungura iyayo mu Rwanda muri Mata 2022.

Kuva icyo gihe kugeza ubu hari amasezerano menshi yasinywe hagati y’ibihugu byombi yerekeye inzego z’ubutabera,

Hamaze gushyirwa umukono ku masezerano mu nzego z’ubutabera, umutekano no kurwanya ibyihebe, ubuhahirane, ubuhinzi, ayo gukuraho visas ku bafite pasiporo mu rwego rwo gukomeza koroshya urujya n’uruza rw’abava n’abajya muri buri gihugu muri ibi.

TAGGED:AmbasaderifeaturedMozambiqueNdamageRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Barasabwa Kuzibukira Itabi N’Inzoga Bikabarinda Cancers
Next Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Ruri Kwigishwa Kuba Abayobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?