Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dr. Kayumba Christopher Yashinze Ishyaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Dr. Kayumba Christopher Yashinze Ishyaka

admin
Last updated: 16 March 2021 4:23 pm
admin
Share
SHARE

Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda yashinze ishyaka yise Rwandese Platform for Democracy (RPD), akaba yizera ko rizatanga umusanzu mu kubaka u Rwanda rugendera kuri Demokarasi kandi rufite iterambere rirambye.

Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa 16 Werurwe, Dr Kayumba yavuze ko abagize uru rubuga rwa politiki baturuka mu nzego zitandukanye nubwo bataratangazwa, ubuyobozi bwarwo nabwo bukazashyirwa ahabona mu bihe biri imbere.

Yarondoye ibibazo yabonye mu gihugu birimo n’ibyagaragajwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 nk’impamvu zatumye ashinga iri shyaka.

Yakomeje ati “Icyerekezo cyacu ni ukubaka u Rwanda rushyize hamwe, rw’ubworoherane, rutekanye, rufite amahoro, rukora kandi ruteye imbere, kimwe na Afurika y’Iburasirazuba na Afurika muri rusange.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ntabwo kugeza ubu RPD irandikwa nk’umutwe wa politiki wemewe mu Rwanda.

Dr Kayumba yabwiye Taarifa ati “Ibyo kwiyandikisha bizatangira nyuma, biri muri gahunda.”

Asanzwe ari umunyamakuru ubimazemo igihe mu Rwanda.

Ni igikorwa atangaje nyuma y’igihe avuze ko hari imishinga yize ubwo yari afunzwe guhera mu Ukuboza 2019 kugeza mu Ukuboza 2020.

Icyo gihe yafashwe ashinjwa gusindira mu ruhame no guteza umutekano muke ku kibuga cy’indege, aza guhamwa n’icyaha cyo guteza imvururu ku kivuga cy’indege akatirwa gufungwa umwaka umwe.

- Advertisement -

Ubwo yafungurwaga yavuze ko yajuririye icyaha yahamijwe n’igihano yahawe, akomeza guhamya ko yafunzwe arengana.

TAGGED:Dr. Kayumba Christopherfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pasiporo Nyarwanda Nyinshi Zigiye Guta Agaciro
Next Article Mu Barenga Ibihumbi 300 Tumaze Gukingira Na AstraZeneca, Nta Kibazo Turabona – Dr Ngamije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?