Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dr. Nsanzabaganwa Yatorewe Kungiriza Umuyobozi Wa Afurika Yunze Ubumwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Dr. Nsanzabaganwa Yatorewe Kungiriza Umuyobozi Wa Afurika Yunze Ubumwe

taarifa@media
Last updated: 06 February 2021 10:17 pm
taarifa@media
Share
SHARE

Dr. Monique Nsanzabaganwa usanzwe ari visi Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda kumyaka 50 yatorewe kuba umuyobozi mukuru w’ungirije w’umuryangowo wa Afurika yunze ubumwe.

Yatsinze kubwiganze bw’amajwi 42 muri 55 y’abatora. Amatora yabereye mu nama isanzwe ya 34 y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe.

Kuri uyu mwanya, Dr. Nsanzabaganwa asimbuye Quartey Thomas Kwesi wari umazeho imyaka 4 kuri uyumwanya.

Azaba yungirije Dr. Moussa Faki Mahamat nawe wongeye gutorerwa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe mu yindi manda y’imyaka 4 .

Kuri uyumwanya yari ahatanye n’abakandida babiri barimo umunya Djibuti, Hasna Barkat Daoud, wigeze kuba Minisitiri w’Urubyiruko, Imikino n’Ubukerarugendo aho yagize amajwi abiri n’umugande Pamela Kasabiiti Mbabazi usanzwe ari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igenamigambi muri Uganda
Mumezi 2 ashize.

U Rwanda rwatanze Dr. Nsanzabaganwa nk’umukandida warwo kuri uyu mwanya igihe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr. Vincent Biruta, yakiraga abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda umwaka ushize wa 2020.

Dr. Nsanzabaganwa asanzwe ari Guverineri wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda kuva muri 2011.

Yabayeho Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda guhera 2008 kugeza mu 2011, ndetse yanabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi kuva mu 2003-2008.

Dr. Nsanzabaganwa afite uburambe burengeje imyaka 20 mumiyoborere akaba afite impamyabumenyi y’icyiciro cya 2 cya Kaminuza mu ishami ry’ubukungu.

Mumwaka wa mu 2012 yabonye impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu PhD.

Dr Monique Nsanzabaganwa ayoboye Inama y’ubutegetsi y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare,
akaba n’Umuyobozi Mukuru wungirije wa Unity Club.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yatangiye Kuyobora AU, Ingingo Z’Ingenzi Z’Ijambo Rye
Next Article CHAN 2020: Cameroon Yakiriye Irushanwa Yatashye Amara Masa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?