Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abantu 169 Bahitanywe N’Inkangu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abantu 169 Bahitanywe N’Inkangu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2022 11:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Félix Tshisekedi uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo ategerejwe ahitwa Matadi na Funa ahaherutse gupfira abantu babarirwa mu 169 bazize inkangu yakonkobokanye umusozi itewe n’imvura nyinshi.

Arasura iki gihe akubutse muri Amerika aho yari yaragiye kwitabira Inama yahuje ubuyobozi bwayo n’Abakuru b’ibihugu by’Afurika.

Actualité.cd yanditse ko inzu 280 ari zo zabaruwe ko zasemywe n’iriya nkangu.

Minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi witwa Modeste Mutinga Mutuishayi avuga ko hatangijwe gahunda yo kureba uko abarokotse kiriya kiza bafashwa gusubira mu buzima busanzwe, imirambo nayo igashyingurwa.

Uretse ibi bice bituranye n’Umurwa mukuru Kinshasa byibasiwe, hari n’ahandi habaye imyuzure ikomeye.

Aho ni mu Ntara za Equateur, Maniema, Ubangi ya Ruguru n’iy’epfo ndetse n’ahitwa  Tshopo.

TAGGED:DemukarasiDRCfeaturedInkanguRepubulika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayobozi Basabwe Gukemura Ibibazo Mbere Y’Uko Bigezwa Kuri Perezida Kagame
Next Article Umunyarwanda Yatorewe Kuyobora Ikigo Nyafurika Cy’Amasoko Y’Imigabane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

You Might Also Like

Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?