Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abaturage Batwitse Imodoka Za MONUSCO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abaturage Batwitse Imodoka Za MONUSCO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 November 2022 6:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko abaturage bikoze bashumika imodoka za MONUSCO basanze ahitwa Kanyaruchinya hafi y’umujyi wa Goma.

Ni amakuru atangazwa n’ibinyamakuru birimo ikitwa Grands Lacs News.

Bivugwa ko abaturage batwitse ziriya modoka ari abari bamaze iminsi mike bahunze ingo zabo kubera intambara imaze iminsi mu duce twinshi two mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Abenshi mu baturage bagize uruhare mu itwikwa rya ziriya modoka ni abahoze batuye muri Rutshuru.

Kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru imodoka ebyiri za MONUSCO nizo zari zatwitswe.

Icyakora MONUSCO yari itaragira icyo ibitangazaho gusa amakuru yandi avuga ko abashoferi ba ziriya modoka barenze bariyeri abaturage bari bashyize hafi aho kandi babikora batabanje gusaba uburenganzira Polisi ngo ibafase gushaka inzira.

Ku rundi ruhande, hari amakuru avuga ko gutwika ziriya modoka byabereye i Goma hafi ya Pariki ya Virunga.

Hagati aho, intambara yo irakomeje ndetse imirwano iheruka yabereye muri Teritwari ya Rutshurumu bice byiganjemo ibyafashwe na  M23 harimo Rumangabo na Kiwanja.

Kubera ko amakuru avuga intambara aba atangukanye, hari n’andi avuga ko ziriya modoka zatwitswe kubera ko abaturage batekerezaga ko harimo inyeshyamba za M23.

TAGGED:DRCfeaturedimodokaIntambaraMONUSCO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Asanga EAC Ikwiye Kwihaza Ku Mari Yo Gushora Mu Mishinga Yayo
Next Article Uwafashije Bruce Melodie Kuba Uwo Ari We Yahawe Kuyobora Radio
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?