Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abaturage Batwitse Imodoka Za MONUSCO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abaturage Batwitse Imodoka Za MONUSCO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 November 2022 6:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko abaturage bikoze bashumika imodoka za MONUSCO basanze ahitwa Kanyaruchinya hafi y’umujyi wa Goma.

Ni amakuru atangazwa n’ibinyamakuru birimo ikitwa Grands Lacs News.

Bivugwa ko abaturage batwitse ziriya modoka ari abari bamaze iminsi mike bahunze ingo zabo kubera intambara imaze iminsi mu duce twinshi two mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Abenshi mu baturage bagize uruhare mu itwikwa rya ziriya modoka ni abahoze batuye muri Rutshuru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru imodoka ebyiri za MONUSCO nizo zari zatwitswe.

Icyakora MONUSCO yari itaragira icyo ibitangazaho gusa amakuru yandi avuga ko abashoferi ba ziriya modoka barenze bariyeri abaturage bari bashyize hafi aho kandi babikora batabanje gusaba uburenganzira Polisi ngo ibafase gushaka inzira.

Ku rundi ruhande, hari amakuru avuga ko gutwika ziriya modoka byabereye i Goma hafi ya Pariki ya Virunga.

Hagati aho, intambara yo irakomeje ndetse imirwano iheruka yabereye muri Teritwari ya Rutshurumu bice byiganjemo ibyafashwe na  M23 harimo Rumangabo na Kiwanja.

Kubera ko amakuru avuga intambara aba atangukanye, hari n’andi avuga ko ziriya modoka zatwitswe kubera ko abaturage batekerezaga ko harimo inyeshyamba za M23.

- Advertisement -
TAGGED:DRCfeaturedimodokaIntambaraMONUSCO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Asanga EAC Ikwiye Kwihaza Ku Mari Yo Gushora Mu Mishinga Yayo
Next Article Uwafashije Bruce Melodie Kuba Uwo Ari We Yahawe Kuyobora Radio
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?