Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abaturage Miliyoni 44 Baratora Umukuru W’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abaturage Miliyoni 44 Baratora Umukuru W’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2023 8:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bujuje ibisabwa bagera kuri miliyoni 44 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Iki gihugu gituwe n’abaturage bagera kuri miliyoni hafi 100.

Baratora Perezida wa Repubulika n’Abadepite ku rwego rw’igihugu n’abo mu Ntara zabo.

Baratora kandi abajyanama mu Ntara.

Muri ayo matora yose, ay’Umukuru wa DRC niyo ahanzwe amaso n’abaturage ba DRC n’ahandi ku isi.

Ku ikubitiro abantu 26 nibo bari biyandikishije kuzahatanira iyi ntebe iruta izindi ariko ubu hasigaye 19 gusa barimo umugore umwe.

Bamwe bahisemo kwihuza na Perezida Tshisekedi abandi bihuza na Katumbi.

Abandi bakomeye mu biyamamaza ni Prof Denis Mukwege na Martin Fayulu.

Icyakora hari ibice by’iki gihugu bitari bubemo amatora kubera ko bidatekanye na gato.

 

TAGGED:DRCIntambaraKatumbiMukwegePerezidaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Amaze Imyaka 18 Agendera Ku Irangamuntu Itari Iye
Next Article Dr.Sosthène Munyemana Yakatiwe Gufungwa Imyaka 24
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?