Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Guverinoma Yaburiye Abari Bwigaragambye Ko Baza Kukabona
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Guverinoma Yaburiye Abari Bwigaragambye Ko Baza Kukabona

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaburiye abateguye imyigaragambyo yo kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Ukuboza, 2023 ko bitari bubahire. Visi Perezida wa DRC akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Peter Kazadi niwe watanze uyu muburo.

Yaburiraga abatavuga rumwe na Leta baherutse gutangaza ko abayoboke babo bari bwigaragambirize hirya no hino ariko cyane cyane i Kinshasa basaba ko ibyavuye mu matora akomotanyije ay’Umukuru w’igihugu, Abadepite ndetse n’Abajyanama ba za Porovense byaseswa, agasubirwamo.

Peter Kazadi

Abo batavuga rumwe na Leta nabo bari biyamamarije kuyobora DRC.

Abo ni Théodore Ngoy, Jean-Claude Baende, Nkema Liloo, Martin Fayulu na Denis Mukwege.

Aba bagabo bavuze ko batari bukangwe n’ibyavuzwe na Bwana Kazadi ahubwo basaba abayoboke babo kwitegura kuza kuvuga akabari ku mutima binyuze muri iyo myigaragambyo.

Peter Kazadi we yababwiye ibyo bateganya gukora bitari bubahire, ko ibyiza ari uko bagana ubutabera bakarega aho guhungabanya igihugu.

Yasabye Polisi n’ingabo guhaguruka bagakumira iyo myigaragambyo.

Kuri Radio Okapi banditse ko Kazadi yemeza adashidikanya ko ibyo kwigaragambya bigamije guhungabanya igihugu kandi ko Guverinoma itari bubyihanganire.

TAGGED:AmatoraDRCFayuluImyigaragambyoMukwege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDF Yasubije Tshisekedi Ku Byo Avuga Byo Gutera u Rwanda
Next Article Rwanda: Uko Umutekano Wo Mu Muhanda Wagenze Kuri Noheli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harakurikiraho Iki Nyuma Y’Ifatwa Rya Uvira?

M23 Yemeza Ko Yinjiye Muri Uvira, Guverineri Akabihakana

Abazitabira Igitaramo Cya Alexis Dusabe Bazagura Tike Kuri Airtel Money 

Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900

Bugesera: Abaturage Bugarijwe N’Inzara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Mu mahanga

Tanzania: Abaturage Bategetswe Kuguma Mu Rugo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?