Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Guverinoma Yaburiye Abari Bwigaragambye Ko Baza Kukabona
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Guverinoma Yaburiye Abari Bwigaragambye Ko Baza Kukabona

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaburiye abateguye imyigaragambyo yo kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Ukuboza, 2023 ko bitari bubahire. Visi Perezida wa DRC akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Peter Kazadi niwe watanze uyu muburo.

Yaburiraga abatavuga rumwe na Leta baherutse gutangaza ko abayoboke babo bari bwigaragambirize hirya no hino ariko cyane cyane i Kinshasa basaba ko ibyavuye mu matora akomotanyije ay’Umukuru w’igihugu, Abadepite ndetse n’Abajyanama ba za Porovense byaseswa, agasubirwamo.

Peter Kazadi

Abo batavuga rumwe na Leta nabo bari biyamamarije kuyobora DRC.

Abo ni Théodore Ngoy, Jean-Claude Baende, Nkema Liloo, Martin Fayulu na Denis Mukwege.

Aba bagabo bavuze ko batari bukangwe n’ibyavuzwe na Bwana Kazadi ahubwo basaba abayoboke babo kwitegura kuza kuvuga akabari ku mutima binyuze muri iyo myigaragambyo.

Peter Kazadi we yababwiye ibyo bateganya gukora bitari bubahire, ko ibyiza ari uko bagana ubutabera bakarega aho guhungabanya igihugu.

Yasabye Polisi n’ingabo guhaguruka bagakumira iyo myigaragambyo.

Kuri Radio Okapi banditse ko Kazadi yemeza adashidikanya ko ibyo kwigaragambya bigamije guhungabanya igihugu kandi ko Guverinoma itari bubyihanganire.

TAGGED:AmatoraDRCFayuluImyigaragambyoMukwege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDF Yasubije Tshisekedi Ku Byo Avuga Byo Gutera u Rwanda
Next Article Rwanda: Uko Umutekano Wo Mu Muhanda Wagenze Kuri Noheli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?