Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Guverinoma Yaburiye Abari Bwigaragambye Ko Baza Kukabona
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Guverinoma Yaburiye Abari Bwigaragambye Ko Baza Kukabona

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaburiye abateguye imyigaragambyo yo kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Ukuboza, 2023 ko bitari bubahire. Visi Perezida wa DRC akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Peter Kazadi niwe watanze uyu muburo.

Yaburiraga abatavuga rumwe na Leta baherutse gutangaza ko abayoboke babo bari bwigaragambirize hirya no hino ariko cyane cyane i Kinshasa basaba ko ibyavuye mu matora akomotanyije ay’Umukuru w’igihugu, Abadepite ndetse n’Abajyanama ba za Porovense byaseswa, agasubirwamo.

Peter Kazadi

Abo batavuga rumwe na Leta nabo bari biyamamarije kuyobora DRC.

Abo ni Théodore Ngoy, Jean-Claude Baende, Nkema Liloo, Martin Fayulu na Denis Mukwege.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Aba bagabo bavuze ko batari bukangwe n’ibyavuzwe na Bwana Kazadi ahubwo basaba abayoboke babo kwitegura kuza kuvuga akabari ku mutima binyuze muri iyo myigaragambyo.

Peter Kazadi we yababwiye ibyo bateganya gukora bitari bubahire, ko ibyiza ari uko bagana ubutabera bakarega aho guhungabanya igihugu.

Yasabye Polisi n’ingabo guhaguruka bagakumira iyo myigaragambyo.

Kuri Radio Okapi banditse ko Kazadi yemeza adashidikanya ko ibyo kwigaragambya bigamije guhungabanya igihugu kandi ko Guverinoma itari bubyihanganire.

TAGGED:AmatoraDRCFayuluImyigaragambyoMukwege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDF Yasubije Tshisekedi Ku Byo Avuga Byo Gutera u Rwanda
Next Article Rwanda: Uko Umutekano Wo Mu Muhanda Wagenze Kuri Noheli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?