Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Hadutse Umutwe W’Inyeshyamba Z’ABATWA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Hadutse Umutwe W’Inyeshyamba Z’ABATWA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2023 12:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Ntara ya Tanganyika, Telitwari ya Kalemie haravugwa igitero cy’umutwe w’inyeshyamba z’Abatwa bagabye bakoresheje imiheto n’imyambi bagahitana umugore, bagatwika za nyakatsi kandi hagakomereka abantu benshi.

Uwo mutwe nturahabwa izina ariko abatuye muri kariya gace bavuga ko gitero cy’abo Batwa kibasiye agace ka Katolo kari muri Teritwari ya Kelemie mu Ntara ya Tanganyika.

Ingabo za DRC zageze muri ako gace zisanga abagabye icyo gitero barangije gusubira iyo baje baturuka.

Kuri uyu wa Gatanu abaturage bo muri kiriya gice bari bakutse umutima kubera ko ari ubwa mbere bari babonye abantu babagabaho igitero bakoresheje imyambi yaka umururo kandi isize ubumara.

Umugore warashwe umwambi yari avuye kuvoma.

Umurambo we wajyanywe ku bitaro byitwa Kalemie-Centre.

Umuyobozi wo muri kariya gace yavuze ko ari ngombwa ko hongerwa abasirikare n’abapolisi kugira ngo bashobore gutuma abahatuye batekana.

Abagabye kiriya gitero basahuye barangije bakongeza inzu za nyakatsi zihubatse.

TAGGED:AbatwaDRCInyeshyamba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Babwiye Perezida W’Urukiko Rw’Ikirenga Imbogamizi Bahura Nazo
Next Article Abanyamuryango Ba GAERG Baganiriye Ku Ruhare Rwabo Mu Mibanire Myiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

You Might Also Like

Mu mahanga

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?