Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2026 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigega kibikwamo lisansi cyahiye kigakongoka mu nkongi yabaye ku wa Mbere tariki ya 2 Gashyantare, hafi y’ahitwa ONATRA, ku muhanda wa 7, mu Murenge wa Limete, mu gace k’inganda, i Kinshasa.

Ababibonye batangaje ko nta muntu wapfuye cyangwa wakomeretse, ariko ibyangiritse ari byinshi cyane. Impamvu yateye iyo nkongi ntiramenyekana kugeza ubu.

Amakuru aturuka aho byabereye avuga ko inkongi yatangiye nyuma gato ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ikaba yarazimijwe ahagana saa mbiri z’ijoro bikozwe n’imodoka enye za kizimyamwoto.

Iyi mpanuka yongeye guteza impaka ku bijyanye n’imicungire y’ibikomoka kuri petelori bibitswe mu mujyi wa Kinshasa.

Radio Okapi yanditse ko mu kwezi k’Ugushyingo gushize, indi nkongi yari yadutse mu gice cy’ububiko bukuru bwa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Amatora (CENI), buri ku nimero 3075 y’Umuhanda mu gace ka Kingabwa, naho mu Murenge wa Limete.

Icyo gihe CENI yagaragaje mu itangazo ryayo ko nta muntu wapfuye cyangwa wakomerekeye muri iyo mpanuka.

Gusa iyo nkongi yangije ibikoresho byinshi, birimo za batiri za lithium n’izikorana n’imirasire y’izuba.

TAGGED:featuredInkongiKinshasa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo
Next Article Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi N'Ubuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?