Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 November 2025 9:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Hari ubwumvikane buke hagati ya FARDC na Wazalendo.
SHARE

Mu minsi ibiri itambutse, abantu 11 bishwe n’amasasu hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’ingabo za DRC, bose bakaba barabaruwe kuri buri ruhande.

Abandi baguye muri iyo mirwano ni abasivili bafashwe n’amasasu yaraswaga na buri ruhande.

Itangazamakuru rivuga ko ibi byabereye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo gusa ubu umutuzo wagarutse nubwo abatuye uyu mujyi umutima wabo utarasubira mu gitereko.

Intandaro y’ubwo bwumvikane buke bwavuyemo iyo mirwano yaguyemo abo bantu ni ukutumvikana ku ruhande muri izo zombi rukwiye kuyobora uko ibintu bigomba kugenda muri uyu mujyi.

Radio Okapi ivuga ko indi mpamvu kandi ikomeye ari ugusuzugurana hagati y’abagize impande zombi, aba Wazalendo bakavuga ko batakomeza guhabwa amabwiriza n’abasirikare b’abanyabwoba mu gihe izi ngabo nazo zivuga ko abasivili bagomba kuzicira bugufi bakazubaha.

Ibintu byatangiye gukomera guhera ku wa Mbere tariki 24, Ugushyingo ubwo havukaga intonganya hagati y’izo mpande hanyuma amasasu aravuga.

Abantu icyenda bahise bahagwa, abandi babiri barakomereka ndetse muri bo hari abo bakomeretse hari abo ibikomere byaje guhitana kuko byari bikomeye.

Hagato aho, izi mpande zivuga ko ziteguye gukoma imbere abarwanyi ba AFC-M23 barimbanyije bagana muri Uvira ndetse bakaba bafite na gahunda yo  kugana no mu Ntara ya Tanganyika n’iya  Haut-Katanga.

TAGGED:AFC/M23FARDCIngaboIntambaraUviraWazalendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5
Next Article Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?