Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ingabo Za Mbere Za MONUSCO Zatashye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Ingabo Za Mbere Za MONUSCO Zatashye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 December 2023 8:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’uko byari biherutse kwemeranywa hagati y’ubutegetsi bwa Kinshasa na UN, mu ijoro ryakeye itsinda rimwe ry’abasirikare ba MONUSCO ryafashe inzira rirataha.

Hari amashusho yashyizwe kuri X yerekana imodoka z’intambara za MONUSCO zurizwa indege ahitwa Butembo na Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Hagati aho amakuru avuga ko kuri uyu wa Gatatu hari Inteko idasanzwe y’Akanama ka UN gashinzwe amahoro ku isi iri buterane yemeze burundu iby’uko MONUSCO ivuye muri DRC.

Ubu butumwa bwa UN bwari bumaze imyaka igera kuri 20 buri muri kiriya gihugu kidasibamo intambara, abantu bakavuga ko bwananiwe kuhagarura amahoro arambye.

Bwari buhafite abakozi 19,000 barimo abasirikare, abapolisi n’abakozi basanzwe.

Amajwi ari muri video yerekana imodoka za MONUSCO ziri kuva i Beni, yumvikanamo abagabo bavugaga ko bumva biruhukije kuko  ziriya ngabo zigiye.

Ngo zari zarabazengereje.

 

TAGGED:DRCIngaboMONUSCO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Kwiyamamaza Birarimbanyije Katumbi Na Tshisekedi Barayoboye
Next Article Gucuruza Abantu: Icyaha Gikomeye RIB Yahagurukiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?