Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Inyeshyamba Za ADF Zishe Benshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Inyeshyamba Za ADF Zishe Benshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2023 10:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mujyi wa Nguli muri Gurupema ya Bukennye muri Teritwari ya Lubelo haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi ba ADF buhitana abantu benshi, abandi barashimutwa.

Ubwicanyi bwa ADF bwakozwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu ubwo izi nyeshyamba zicaga abaturage zikoresheje intwaro gakondo zirimo n’imihoro.

Nyuma yo gukoresha imihoro, abarwanyi ba ADF bakoresheje n’imbunda.

Kugeza ubu itangazamakuru ryo muri DRC rivuga abantu 10 ari bo bishwe muri buriya buryo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari n’andi makuru avuga ko hari abaturage bwashimuswe na bariya barwanyi.

Ziriya nyeshyamba zaje ziturutse mu gace k’ahitwa Mulimande zinyura  mu duce twa Museya na Kyavinyonge.

Abahatuye babonye abo barwanyi baratabaza ariko babura ubatabara, ikaba ari nayo mpamvu bivugwa ko abarwanyi ba ADF barakaye babihimuraho bicamo benshi abandi barabashimuta.

Nyuma yo kwica abo basivili, inyeshyamba za ADF zasubiye inzira zaturutse ntawe zishisha.

Sosiyete Sivile y’i Lubelo ivuga ko batewe agahinda no kuba abaturage batabaza ariko bakabura kirengera.

- Advertisement -

Mu byumweru bitageze kuri bibiri, muri Beni na Lubero abantu 100 bishwe n’inyeshyamba za ADF.

ADF igizwe n’abarwanyi bafite imizi muri Uganda.

TAGGED:AbarwanyiADFBenifeaturedInyeshyambaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rwo Muri Kenya Rwikoreye Amabuye Yo Gutera Polisi
Next Article Abanyarwanda Benshi Bafite Amenyo Arwaye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?