Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: MONUSCO Iri Kanyabayonga Mu Kurwanya M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: MONUSCO Iri Kanyabayonga Mu Kurwanya M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2024 7:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare ba MONUSCO bamaze kugera i Kanyabayonga muri Kivu y’Amajyaruguru kwihuza n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo bahangane n’abarwanyi ba M223 bakomeje kubacanaho umuriro.

Aba barwanyi barasunika imirwano bagana ahitwa Lubero muri Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Radio Okapi yanditse ko abasirikare ba MONUSCO boherejwe ku bwinshi muri kiriya gice kugira ngo bakome mu nkokora umuriri w’abarwanyi ba M23 bari kugana muri iriya Komini.

Imirwano ikomeye iganishayo yatangiye ku wa Kane w’Icyumweru gishize ariko abasirikare ba MONUSCO bahageze kuri uyu wa Gatandatu nyuma yo kubona ko intambara ku ruhande rw’abasirikare ba Guverinoma ibamereye nabi.

Kanyabayonga muri Kivu y’Amajyaruguru

Amakuru avuga ko ku wa Gatandatu hari inama yahuje abasirikare bakuru b’ingabo za DRC n’aba MONUSCO ngo bige uko iyo mikoranire ya gisirikare yanozwa igatanga umusaruro ufatika.

TAGGED:ImirwanoKanyabayongaM23MONUSCO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurakira Inama Mpuzamahanga Yiga Uko Ibiri Kuri Murandasi Biba Mu Ndimi Zose
Next Article DRC: Ahitwa Nyamugo Muri Bukavu Hakongotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?