Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: MONUSCO Iri Kanyabayonga Mu Kurwanya M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: MONUSCO Iri Kanyabayonga Mu Kurwanya M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2024 7:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare ba MONUSCO bamaze kugera i Kanyabayonga muri Kivu y’Amajyaruguru kwihuza n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo bahangane n’abarwanyi ba M223 bakomeje kubacanaho umuriro.

Aba barwanyi barasunika imirwano bagana ahitwa Lubero muri Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Radio Okapi yanditse ko abasirikare ba MONUSCO boherejwe ku bwinshi muri kiriya gice kugira ngo bakome mu nkokora umuriri w’abarwanyi ba M23 bari kugana muri iriya Komini.

Imirwano ikomeye iganishayo yatangiye ku wa Kane w’Icyumweru gishize ariko abasirikare ba MONUSCO bahageze kuri uyu wa Gatandatu nyuma yo kubona ko intambara ku ruhande rw’abasirikare ba Guverinoma ibamereye nabi.

Kanyabayonga muri Kivu y’Amajyaruguru

Amakuru avuga ko ku wa Gatandatu hari inama yahuje abasirikare bakuru b’ingabo za DRC n’aba MONUSCO ngo bige uko iyo mikoranire ya gisirikare yanozwa igatanga umusaruro ufatika.

TAGGED:ImirwanoKanyabayongaM23MONUSCO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurakira Inama Mpuzamahanga Yiga Uko Ibiri Kuri Murandasi Biba Mu Ndimi Zose
Next Article DRC: Ahitwa Nyamugo Muri Bukavu Hakongotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?