Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Tshisekedi Yategetse Ingabo Ze Kwisubiza Aho M23 Yafashe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Tshisekedi Yategetse Ingabo Ze Kwisubiza Aho M23 Yafashe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 June 2024 9:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe M23 ikomeje gufata ibice byinshi bya DRC, ku rundi ruhande Perezida wa DRC Felix Tshisekedi yategetse ingabo ze kwambura izo nyeshyamba ibice byose zari zarafashe.

Nyuma ya Kanyabayonga, ahandi izi nyeshyamba zafashe ni Luofu na Kayna.

Bikirangiza kuba Perezida Tshisekedi yahise ateranya inama nkuru y’umutekano by’igitaraganya.

Minisitiri Patrick Muyaya yavuze ko Perezida Tshisekedi yamaze amasaha atatu aganira n’abakuru b’igisirikare ku bijyanye n’uko ibintu byifasha kandi by’umwihariko bavuze ku biri kubera muri Kanyabayonga.

Muyaya yavuze ko Perezida Tshisekedi yasabye abasirikare gusubiza ibintu mu buryo no kwambura inyeshyamba za M23 ibindi bice zafashe.

Urubyiruko rwo mu mujyi wa Butembo ruherutse gukora imyigaragambyo yo kwamagana uburyo ingabo za Leta ya Congo zatsinzwe muri Kanyabayonga.

Ubwo yavugaga ku bwigenge bw’igihugu cye kimaze imyaka 64 kigenga, Tshisekedi yagarutse ku buryo umutekano utameze neza mu gihugu ariko avuga ko Leta yashyize imbaraga nyinshi mu gisirikare kugira ngo kirusheho gukomera.

TAGGED:DRCfeaturedIgisirikareInyeshyembaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Kagame Yijeje Abaturage Inganda Nyinshi
Next Article Karongi: Kagame Yijeje Abaturage Ko FPR Igiye Kwihutisha Umuhanda Ubahuza Na Muhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?