Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Umuyobozi Wungirije W’Ingabo Muri Butembo Yarurokotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Umuyobozi Wungirije W’Ingabo Muri Butembo Yarurokotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 November 2022 7:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Colonel Yvon Ngoy Kakese(ubanza ibumo
SHARE

Abantu batanu barimo abarwayi batatu ba Maï-Maï ndetse n’abasirikare babiri b’ingabo za DRC baguye mu mirwano yaraye ibereye hafi y’urugo rw’Umuyobozi wungirije w’ingabo muri Butembo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa Col  Yvon Ngoy Kakese.

Radio Okapi yanditse ko biriya bitero byagabwe na Maï-Maï, ikaba iri mu mutwe mugari wa Baraka kuko muri iriya Ntara haba  imitwe myinshi yitwa Maï-Maï.

Maï-Maï yagabye igitero ku  birindiro by’aho uriya Colonel atuye mu rwego rwo kwihorera ku  barwanyi bayo bari baherutse gufatwa n’ingabo za DRC zihakorera.

Umuvugizi w’ingabo za DRC zikorera muri kariya gace witwa Captaine  Anthoine Mualushayi avuga ko kubera ko muri Butembo hari abantu benshi b’abagizi ba nabi bahacengeye, ingabo z’igihugu cye zizakora ibishoboka byose zikahagarura amahoro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ N’uwahakanaga mbere ko nta barwanyi ba Maï-Maï bari muri Butembo, ubu noneho ntiyahakana ko bahari kandi ku bwinshi. Ni ikintu kigaragara kandi tugomba kurwanya. Inshingano zacu ni ukugarura amahoro muri aka gace dushinzwe. Amahoro agomba kugaruka uko byagenda kose.”

Uyu musirikare avuga ko ibikorwa byo guhiga abarwanyi ba Maï-Maï  bigikomeje kandi ko aho bazajya kwihisha bose bazahabasanga.

Colonel Yvon Ngoy Kakese nawe asaba abaturage kutita ku by’aba  Maï-Maï  ahubwo bagakomeza gukorana n’ingabo mu rwego rwo kubahashya.

TAGGED:AbarwanyiDRCfeaturedIngaboMai Mai
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Avuga Ko Umunyarwanda Adahezwa Mu Iterambere Rimugenewe
Next Article Perezida Wa Equatorial Guinea Yatorewe Manda Ya ‘Gatandatu’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?