Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yirukanye Ambasaderi W’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

DRC Yirukanye Ambasaderi W’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 October 2022 7:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’igihe Ubutegetsi bw’i Kinshasa bushinja u Rwanda gushyigikira M23, bwafashe umwanzuro wo kwirukana uwari uhagarariye u Rwanda muri kiriya gihugu Ambasaderi Vincent Karega.

Hagati aho kandi imirwano hagati ya M23 n’ingabo za DRC irakomeje ndetse uyu mutwe w’abarwanyi uherutse gushyiraho umuntu ugomba kuyobora Akarere ka Rutchuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iby’uko Karega atagishakwa muri kiriya gihugu byaraye bitangajwe n’Umuvugizi wa Guverinoma ya DRC Bwana Patrick Muyaya.

Yabitangarije kuri televiziyo y’igihugu nyuma y’Inama idasanzwe yaraye ihuje Perezida Tshisekedi n’abandi bayobozi bakuru muri Politiki no mu ngabo.

Amakuru avuga ko muri iriya nama Perezida Tshisekedi yagaragazaga umujinya w’ibiri kubera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.

Mu minsi yashize abasirikare bakuru bagize Inama nkuru y’umutekano wa DRC basabye Guverinoma y’igihugu cyabo guhagarika amasezerano yose iki gihugu gifitanye n’u Rwanda.

Hagati aho ikigo gikurikiranira hafi ib’umutekano muri Burasirazuba bwa DRC kitwa Kivu Security Tracker kivuga ko M23 kuri uyu wa Gatandatu yigaruriye imijyi ibiri ariyo Kiwanja ndetse na Rutchuru, aha hanyuma yahise ishyiraho n’umuntu ugomba kuhayobora witwa Wilson Ngarambe nk’uko Rwanda Tribune yabyanditse Taliki 29, Ukwakira, 2022.

TAGGED:featuredKaregaKivuM23NgarambeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Yashyizeho Umuyobozi Wa Rutchuru
Next Article Somalia: Ibisasu Byahitanye Abantu 100
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?