Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC:Abarwanyi Ba Twirwaneho Na AFC/M23 Bafashe Ahitwa Kipupu 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC:Abarwanyi Ba Twirwaneho Na AFC/M23 Bafashe Ahitwa Kipupu 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2025 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Gatandatu Tariki 13, Ukuboza, 2025 nibwo Twirwaneho ifatanya na AFC/M23, yinjiye muri Kipupu, ahitwa Bashimukindje, mu misozi ya Mwenga hakaba muri Kivu y’Amajyepfo.

Umwe mu bahatuye yabwiye ACTUALITE.CD ko batunguwe no kubona izi nyeshyamba zifite intwaro zinjiye muri Kipupu.

Uwo muturage avuga ko abaturage bamwe bahunze, akemeza ko abo muri Twirwaneho bahafashe nta sasu rivuze.

Amashusho agaragaza abasore ba Twirwaneho bagendera ku murongo umwe, nta we uvuga, nta n’isasu rivuze.

Hagati aho, amahanga arasaba akomeje ko AFC/M23 iva umujyi wa Uvira iherutse gufata.

Bavuga ko hafashwe binyuranije na bimwe mu bikubiye mu masezerano y’amahoro hagati ya Congo n’u Rwanda, kandi AFC/M23 yo ikaba iri mu biganiro na Leta ya Congo bibera i Doha.

M23 yo ivuga ko amasezerano yasinyiwe I Washington DC atayireba kuko yasinywe agamije gukemura ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Congo, adakemura ibibazo muzi biri muri Congo ari nabyo byatumye ifata intwaro.

TAGGED:AFC/M23CongoIntambaraTwirwaneho
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Uko Jeannette Kagame Yahaye Abana Noheli
Next Article U Burundi Bwamaze Kwegeranya Ingabo Ku Mupaka Busangiye N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?