Col Sérge Mavinga yaguye muri gereza ya Ndolo aho yari amaze amezi make afungiwe kubera ibyo yari akurikiranyweho birimo igikomeye cyo ‘gukorana n’umwanzi’. Umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru...
Intumwa ya Papa Francis muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yitwa Mgr Ettore Balestrero yavuze ko ubutumwa Papa Francis azazanira abatuye iki gihugu mu mpera za...
Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda. Nta makuru arambuye aravugwa ku byo yaganiriye nabo, ariko uwagenekereza akavuga ko bagarutse ku murongo u...
Umuyobozi wa kimwe mu bice bigize Rutshuru kitwa Bambo yatangaje ko abarwanyi ba M23 bakajije ibirindiro byabo byegereye ahitwa Tongo, Mulimbi, Kishishe, Bwiza, Mabenga-Rwindi no ku...
Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda cy’iterambere, RDB, Clare Akamanzi yaraye abajije Tshisekedi ko niba mu by’ukuri abona ko umutekano muke ari ikibazo ku gihugu cye, atagombye gushyira...