Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dubai Yakatiwe Gufungwa Imyaka Ibiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Dubai Yakatiwe Gufungwa Imyaka Ibiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 June 2024 7:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nsabimana Jean wamamaye ku izina rya Dubai akaba asanzwe ari umunyemari yaraye akatiwe gufungwa imyaka ibiri, uyu ukaba ari umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo.

Nsabimana Jean uzwi nka Dubai yubatse Umudugudu w’Urukumbuzi Real Estate utangira gusenyuka utamaze kabiri.

Uyu mugabo yari amaze iminsi aburanishwa ku cyaha kiswe ‘kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya’ no ‘gukoresha inyandiko mpimpano’.

Yahamijwe ibyo byaha ahanishwa gufungwa imyaka ibiri no gutanga ihazabu ya Frw 500,000.

Abacamanza b’uru rukiko kandi bahamije Nkulikiyimfura Théopiste wari enjeniyeri icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimpano, rumuhanisha gutanga ihazabu ya miliyoni Frw 3.

Hagati aho kandi hari abahoze ari abayobozi mu Karere ka Gasabo aho Dubai yubakiye uwo Mudugudu nabo baburanishwaga ku bifite aho bihuriye n’Umudugudu wa Dubai.

Abo ni Rwamulangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chrétien na Nyirabihogo Jeanne d’ Arc, bo bakaba bagizwe abere ku cyaha cyo kuba icyitso mu cyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya Dubai yahamijwe.

Dubai na bagenzi be batawe muri yombi muri Mata 2023.

TAGGED:DubaifeaturedRwamulangwaUmuduguduUmunyamari
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngendahimana Ladislas Wayoboraga Muri RALGA Yeguye
Next Article BK Irishimira Inyungu Yagize Mu Gihembwe Cya Mbere Cya 2024
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?