Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dubai Yakatiwe Gufungwa Imyaka Ibiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Dubai Yakatiwe Gufungwa Imyaka Ibiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 June 2024 7:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nsabimana Jean wamamaye ku izina rya Dubai akaba asanzwe ari umunyemari yaraye akatiwe gufungwa imyaka ibiri, uyu ukaba ari umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo.

Nsabimana Jean uzwi nka Dubai yubatse Umudugudu w’Urukumbuzi Real Estate utangira gusenyuka utamaze kabiri.

Uyu mugabo yari amaze iminsi aburanishwa ku cyaha kiswe ‘kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya’ no ‘gukoresha inyandiko mpimpano’.

Yahamijwe ibyo byaha ahanishwa gufungwa imyaka ibiri no gutanga ihazabu ya Frw 500,000.

Abacamanza b’uru rukiko kandi bahamije Nkulikiyimfura Théopiste wari enjeniyeri icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimpano, rumuhanisha gutanga ihazabu ya miliyoni Frw 3.

Hagati aho kandi hari abahoze ari abayobozi mu Karere ka Gasabo aho Dubai yubakiye uwo Mudugudu nabo baburanishwaga ku bifite aho bihuriye n’Umudugudu wa Dubai.

Abo ni Rwamulangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chrétien na Nyirabihogo Jeanne d’ Arc, bo bakaba bagizwe abere ku cyaha cyo kuba icyitso mu cyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya Dubai yahamijwe.

Dubai na bagenzi be batawe muri yombi muri Mata 2023.

TAGGED:DubaifeaturedRwamulangwaUmuduguduUmunyamari
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngendahimana Ladislas Wayoboraga Muri RALGA Yeguye
Next Article BK Irishimira Inyungu Yagize Mu Gihembwe Cya Mbere Cya 2024
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?