Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘EAC Yashinzwe Kugira Ngo Twihuze Ariko Dutekanye’: Bazivamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

‘EAC Yashinzwe Kugira Ngo Twihuze Ariko Dutekanye’: Bazivamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2022 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu kubungabunga umutekano

Abayitabiriye bigiye hamwe uko hashyirwaho Ihuriro ry’abahanga mu by’umutekano bagomba kwigira hamwe uko umuhati wo kugarura umutekano muri aka karere utaba impfabusa, ariko hagashyirwaho n’ubundi buryo bwo kuwugarura aho utari.

Hon Christophe Bazivamo wari uyoboye iriya nama yabwiye bagenzi be ati: “ Uyu muryango wacu washinzwe hagamijwe ko twihuza, tugahahirana, abaturage bacu bagatera imbere ariko byose bigashingira ku mutekano duhuriyeho.”

Bazivamo yavuze ko ari ngombwa ko abayobozi mu bya gisirikare bakorana kugira ngo bamenye ahashyirwa imbaraga hagamijwe gutuma ibihugu byombi bitekana mu buryo burambye.

The 11th Joint Meeting of the Sectoral Councils on Cooperation in Defence Matters, Interstate Security and Foreign Policy Coordination is ongoing at the #EAC headquarters.

The meeting is considering the report of the Mult-Sectoral Experts working group on peace and security. pic.twitter.com/zSkZ3KC93g

— East African Community (@jumuiya) April 2, 2022

Avuga ko ibikorwa byose bigomba gukorwa intego ari ugutuma abatuye EAC bagira ejo hazaza heza, bishimiye.

 

TAGGED:BazivamoEACfeaturedUmuryangoUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kinshasa Na Brazzaville Basinye Amasezerano Y’Ubufatanye Bwa Gisirikare
Next Article Burkina Faso: Abantu 20 Bapfuye Barasiwe Mu Kirombe Cya Zahabu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?