Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘EAC Yashinzwe Kugira Ngo Twihuze Ariko Dutekanye’: Bazivamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

‘EAC Yashinzwe Kugira Ngo Twihuze Ariko Dutekanye’: Bazivamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2022 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu kubungabunga umutekano

Abayitabiriye bigiye hamwe uko hashyirwaho Ihuriro ry’abahanga mu by’umutekano bagomba kwigira hamwe uko umuhati wo kugarura umutekano muri aka karere utaba impfabusa, ariko hagashyirwaho n’ubundi buryo bwo kuwugarura aho utari.

Hon Christophe Bazivamo wari uyoboye iriya nama yabwiye bagenzi be ati: “ Uyu muryango wacu washinzwe hagamijwe ko twihuza, tugahahirana, abaturage bacu bagatera imbere ariko byose bigashingira ku mutekano duhuriyeho.”

Bazivamo yavuze ko ari ngombwa ko abayobozi mu bya gisirikare bakorana kugira ngo bamenye ahashyirwa imbaraga hagamijwe gutuma ibihugu byombi bitekana mu buryo burambye.

The 11th Joint Meeting of the Sectoral Councils on Cooperation in Defence Matters, Interstate Security and Foreign Policy Coordination is ongoing at the #EAC headquarters.

The meeting is considering the report of the Mult-Sectoral Experts working group on peace and security. pic.twitter.com/zSkZ3KC93g

— East African Community (@jumuiya) April 2, 2022

Avuga ko ibikorwa byose bigomba gukorwa intego ari ugutuma abatuye EAC bagira ejo hazaza heza, bishimiye.

 

TAGGED:BazivamoEACfeaturedUmuryangoUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kinshasa Na Brazzaville Basinye Amasezerano Y’Ubufatanye Bwa Gisirikare
Next Article Burkina Faso: Abantu 20 Bapfuye Barasiwe Mu Kirombe Cya Zahabu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?