Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ese Ayatollah Yarapfuye?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Ese Ayatollah Yarapfuye?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2025 10:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iki kibazo kiri mu biri kwibazwa n’aba bantu benshi bo muri Iran. Hashize icyumweru atagaragaraga mu ruhame, kandie biba mu gihe kibi kuko igihugu cye cyari mu ntambara na Israel ndetse iki gihugu cyari cyemeje ko kigomba no kuzamuhitana.

Ubusanzwe Ayatollah Ali Khamenei niwe wemeza ibyemezo bikomeye bireba igihugu k’uburyo kubura kwe kuba kuvuze icyuho gikomeye ku buzima bw’igihugu.

Ibura rye riteye abaturage ikibazo nyuma y’iminsi ibiri agahenge gatangiye nyuma y’intambara y’iminsi 12 hagati ya Israel na Iran ndetse yinjiyemo na Amerika.

The New York Times ivuga ko abaturage b’i Teheran bahangayitse kuko iminsi yicumye batabona Umuyobozi wabo w’ikirenga.

Hari n’umunyamakuru uherutse kubaza umuyobozi w’Ibiro bya Ayatollah undi umusubiza ko bikwiye ko abaturage bagomba gusengera uwo muyobozi.

Uwo muyobozi witwa Mehdi Fazaeli ariko ntiyatanze igisubizo kirombereje, ahubwo avuga ko n’abandi bayobozi bari kwibaza iby’umuyobozi wabo.

Icyakora yajeje abaturage ko abantu bashinzwe kurinda Ayatollah bahari kandi bakora akazi kabo neza

Amakuru atangwa na The New York Times avuga ko Ayatollah aba mu ndake ikomeye cyane kandi ko adakoresha ikoranabuhanga mu kwirinda ibibazo.

TAGGED:AyatollahfeaturedIbisasuIntambaraIran
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Mu Nyigo Yo Kubaka Uruganda Rubyaza Imirasire Amashanyarazi Menshi 
Next Article Nyuma Ya Kagame Obasanjo Yaganiriye Na Tshisekedi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?